Mu gihe akomeje gutegura bimwe mu bihangano bizagaragara kuri Album ye ya mbere ateganya kumurika mu mpera z’umwaka wa 2025,Gisèle IZERE yateguye igitaramo kigamije kuramya
Category: Amateka
N’ubwo tugoswe n’amakuba impande zose,mu ijuru dufite Imana-Umuhanzi Elsa Cluz
Elsa Cluz uvuga ko ibihe abakriso bari kunyuramo agereranya nk’ishungurwa,ibyo ashingira ku kuba insengero nyinshi zifunze byaratumye bamwe mu bakristo basa n’abihugiyeho ndetse bamwe bakava
Karongi: Aimé Lewis wakunzwe rwinshi mu myiteguro yo kumurika umuzingo we wa mbere
NIYONGIRA Aimé Lewis ni umwizera mu itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi,itorero rya Galilaya mu ntara y’ivugabutumwa ya Kibuye. Avuga ko yatangiriye muri Chorales zirimo iyitwa
Menya amwe mu magambo Billy Graham yagiye avuga ashobora guhindura ubuzima bwawe
Yabaye umubwirizabutumwa bwiza w’Umunyamerika wavukiye ahitwa i Charlotte, Carolina y’amajyaruguru ku itariki 7 Ugushyingo, 1918. Billy Graham ni imfura mu bana bane babyawe na
Itariki y’ubukwe bwa Salome na Roberto yamenyekanye
Nyuma y’amezi asaga abiri amwambitse impeta y’urukundo amusaba kumubera umugore, Salome na Roberto bashyize ahagaragara itariki y’ubukwe bwabo. Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa
“Hari abantu Imana ihamagara bagatera umubyizi kwa shitani,” Apôtre Mutabazi
“Hari abantu Imana ihamagara bagatera umubyizi kwa Shitani” Iyi ni imvugo ya Apôtre Mutabazi Kabarira yakoresheje, ubwo yagarukaga ku basore bamaze iminsi bagaragara kumbuga nkoranyambaga,
Umusore yavuze ko Imana yamutegetse gushyingiranwa n’uwari umugore wa Pasiteri Theogene
Umusore wiyita ko ari umunyamasengesho akaba n’umuhanuzi, Prophet Byukurabagirane Noel, yatangaje ko yagize iyerekwa rimutegeka gushyingiranwa n’uwari umugore wa nyakwigendera Pasiteri Theogene. Uyu musore yabitangaje
Abajyanye Apôtre yongwe mu nkiko bishimiye ifungurwa rye
Bamwe mu bajyanye Apôtre Yongwe mu rukiko bamurega ubwambuzi bushukana, bagaragaje ko batifuzaga ko afungwa ahubwo bashakaga kwishyurwa amafaranga yabo ngo kuko yari yaranze kuyatanga
“Ntabwo mbuze Mama gusa ahubwo mbuze urukundo rwanjye, rwanyigishije Kristo”M. Irene”
Byari amarira menshi n’agahinda ubwo Irene Murindahabi uzwi nka M. Irene yasezeragaho bwa nyuma umubyeyi we uherutse kwitaba Imana. Mu magambo yagarutsweho n’uyu musore umenyerewe
Inama y’amadini ku isi irasaba igihugu cya Isiraheli kuringaniza abasiramu,abakristo n’abayahudi
Muri raporo yagejejwe kuri World Council of the Churches (WCC),ivuga ko abakristo baba ku butaka butagatifu i Yerusalemu bakomeje kugirirwa nabi n’abahezanguni bo mu idini