Kuba isi igenda ihinduka uko bwije n’uko bukeye,ni imwe mu mpamvu asanga n’umuziki wo muri Kiliziya utagakwiye gusigara inyuma,ahubwo agashimangira ko kwisanisha n’isi turimo no
Category: Abahanzi
Prosper Nkomezi witegura kumurika album yashyize hanze indirimbo yakoranye na Israel Mbonyi
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi, yashyize hanze indirimbo yakoranye na Israel Mbonyi. N’indirimbo bise ‘Umusaraba’, izagaragara kuri album nshya ya Prosper
Yesu nta dini agira,abamwizera bose aduhamagarira kubana kivandimwe – Maranatha Family Choir
Mu gihe hamwe na hamwe usanga hari imwe mu myemerere ituma bitoroha kubona abasengera mu matorero atandukanye bisanga hamwe bakorana ivugabutumwa,Maranatha Family Choir yo ihamya
Guhuza urwenya n’ibyanditswe mbere ntibabyumvaga ariko ubu aho bigeze haratanga icyizere-Umunyarwenya Senegalais Umushumba
N’ubwo mu ntangiriro bitari byoroshye,Umunyarwenya Senegalais umaze kumenyekana ku izina ry’Umushumba muri comedie . Avuga ko ashimira Imana aho urwenya rumaze kugera bikaba umwihariko kuri
Icyitegererezo cyanjye mu muziki uhimbaza Imana ni Israel Mbonyi- Umuhanzi Karamuzi Fred
KARAMUZI Fred yavukiye mu karere ka Nyagatare gusa we n’umuryango we bakaba barimukiye mu karere ka Kayonza/Buhabwa mu mwaka wa 2017,avuga ko yakunze kuririmba akiri
Karongi: Aimé Lewis wakunzwe rwinshi mu myiteguro yo kumurika umuzingo we wa mbere
NIYONGIRA Aimé Lewis ni umwizera mu itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi,itorero rya Galilaya mu ntara y’ivugabutumwa ya Kibuye. Avuga ko yatangiriye muri Chorales zirimo iyitwa
Umuhanzi G-Bruce yasabye abantu gukorera Umuremyi batizigamye
Yitwa Bruce Mfuranzima, yamenyekanye nka G-Bruce The Teacher mu ndirimbo zitandukanye z’ubutumwa busanzwe. N’ubwo yari amaze iminsi asa n’ucecetse ubu aravuga ko agarukanye imbaraga mu
Niyo Bosco asobanuye byinshi mu muziki wacu –Alicia na Germaine
UFITIMANA Alicia na UFITIMANA Germaine Bagaragaje ko Ubufatanye na Niyo Bosco bwabateye imbaraga binaturutse ku bitekerezo bagiye bakira nyuma y’uko iyi ndirimbo isohotse. Amazina yabo
Nyuma y’amasaha macye basezeranye, I. Vestine ateye imitoma Ouedraogo Idrissa – AMAFOTO
Umwe mu baririmbyi b’indirimbo zaririmbiwe Imana ‘Ishimwe Vestine’ yasezeranye mu mategeko n’umusore yihebeye Ouedraogo Idrissa ukomoka muri Burkina Faso. Nyuma y’amasaga macye bavuye guserana mu
Bidatinze umuryango wa Papy Clever ,Israel Mbonyi , n’umuryango wa James na Daniella bagiye gutura hanze y’u Rwanda.
Bamwe mubarebera ibintu ahirengeye mu muziki wo guhimbaza Imana hano mu Rwanda baravuga ko mu myaka 2 iri imbere umuziki wa Gospel mu Rwanda ugiye