“Muri ibi bihe bikomereye umutima, twihanganishije umuryango we wose, Umushumba Emma n’abana asize. Imana imuhe iruhukiro ridashira kandi ikomeze mwe mwese muri guca muri ibi
Category: Iyobokamana
Ikintu cya mbere Imana ishaka mw’Itorero ni umutima wihana- Apostle Mignonne A. Kabera
Umushumba Mukuru wa Noble Family Church na Women Foundation Ministries, Apostle Mignonne A. Kabera, avuga ko itorero ryo mu gihe cya none riri gupfa ribitewe
“Abagore bayobora neza kuturusha”- Papa Francis avuga ku mugore uzayobora i Vatican
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yemeje ko umujyi wa Vatican uzaba ufite umuyobozi mushya kuva muri Werurwe, aho azaba ari umubikira. Vatican News itangaza
Icyo intumwa Dr Paul Gitwaza ahamagarira abantu gukora
Umushumba Mukuru w’Itorero rya Zion Temple ku isi, Intumwa y’Imana Dr (Apostle) Dr Paul Gitwaza arahamagarira abantu gukora ibikorwa by’ubutwari. Gitwaza asaba abantu gukora igikorwa
Nyuma y’amasaha macye basezeranye, I. Vestine ateye imitoma Ouedraogo Idrissa – AMAFOTO
Umwe mu baririmbyi b’indirimbo zaririmbiwe Imana ‘Ishimwe Vestine’ yasezeranye mu mategeko n’umusore yihebeye Ouedraogo Idrissa ukomoka muri Burkina Faso. Nyuma y’amasaga macye bavuye guserana mu
“Inzara ni ikintu cya mbere kibanziriza ububyutse. Gusonza ni ikimenyetso cy’uko Yesu agiye gukora” – Apostle Mignone Kabera
Umushumba Mukuru wa Noble Family Church na Women Foundation Ministries, Apostle Mignone Kabera, yavuze ko ububyutse aho bugiye kuza bubanzirizwa n’inzara. Ibi yabigatutseho ubwo yabwirizaga
“Kayonza Prayer Breakfast ”- Niba twiyemeje, dushobora guhindura imiryango, tugakemura ibibazo nk’ubugizi bwa nabi – Mayor John Bosco Nyemazi
Mu karere ka Kayonza ku cyumweru tariki 5 Mutarama 2025 habereye amasengesho “Kayonza Prayer Breakfast” afite insanganyamatsiko igira iti “Ubuyobozi bushyira umuturage ku isonga; Umuryango
Umunyarwandakazi wa mbere winjiye mu muryango w’Ababikira b’Ababerinaridine yitabye Imana
Sr Karola Mukamazimpaka, wabaye umunyarwandakazi wa mbere winjiye mu muryango w’Ababikira b’Ababerinaridine ( Bernardine Sisters ), yitabye Imana kuwa 23 Ukuboza 2024. Amakuru y’urupfu rwa
AMAFOTO: Uko bamwe mu bakinnyi bakomeye kw’isi bizihije Noheli
Benshi mu bakinnyi ba ruhago kw’isi bahawe ikiruhuko ku munsi isi yibukaho ivuka rya Yesu Kristo. Si abakina ruhago (football) gusa bashyize hanze amafoto bishimana
Kiliziya Gatolika mu Rwanda yahaye gasopo abatera urwenya bigize abapadiri
Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yamaganye abatera urwenya biyita abapadiri, yemeza ko baba batesha agaciro izina