Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yemeje ko umujyi wa Vatican uzaba ufite umuyobozi mushya kuva muri Werurwe, aho azaba ari umubikira. Vatican News itangaza
Category: Amakuru
Icyo intumwa Dr Paul Gitwaza ahamagarira abantu gukora
Umushumba Mukuru w’Itorero rya Zion Temple ku isi, Intumwa y’Imana Dr (Apostle) Dr Paul Gitwaza arahamagarira abantu gukora ibikorwa by’ubutwari. Gitwaza asaba abantu gukora igikorwa
Nyuma y’amasaha macye basezeranye, I. Vestine ateye imitoma Ouedraogo Idrissa – AMAFOTO
Umwe mu baririmbyi b’indirimbo zaririmbiwe Imana ‘Ishimwe Vestine’ yasezeranye mu mategeko n’umusore yihebeye Ouedraogo Idrissa ukomoka muri Burkina Faso. Nyuma y’amasaga macye bavuye guserana mu
“Inzara ni ikintu cya mbere kibanziriza ububyutse. Gusonza ni ikimenyetso cy’uko Yesu agiye gukora” – Apostle Mignone Kabera
Umushumba Mukuru wa Noble Family Church na Women Foundation Ministries, Apostle Mignone Kabera, yavuze ko ububyutse aho bugiye kuza bubanzirizwa n’inzara. Ibi yabigatutseho ubwo yabwirizaga
“Kayonza Prayer Breakfast ”- Niba twiyemeje, dushobora guhindura imiryango, tugakemura ibibazo nk’ubugizi bwa nabi – Mayor John Bosco Nyemazi
Mu karere ka Kayonza ku cyumweru tariki 5 Mutarama 2025 habereye amasengesho “Kayonza Prayer Breakfast” afite insanganyamatsiko igira iti “Ubuyobozi bushyira umuturage ku isonga; Umuryango
Uko umugambi wo kwica Papa waburijwemwo, abashakaga kumwica bakicwa
BBC itangaza ko umugambi wo kwica Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis waburijwemo ubwo yari mu rugendo muri Iraq. “Umugambi wo kwica Papa
109 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru muri ADEPR – AMAFOTO
Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwakoreye ibirori abayobozi b’Amatorero n’abavugabutumwa (Pastors & Ev.) 109 bahawe ikiruhuko cy’izabukuru muri 2024. Bwabashimiye ko babaye abizerwa
Ibuye ryari ririho amategeko 10 y’Imana riri gutezwa cyamunara -AMAFOTO
Rimwe mu mabuye abiri bivugwa ko yari yanditseho amategeko icumi y’Imana rigiye gutezwa cya munara. Iryo buye byemezwa ko rimaze imyaka 1500, biteganyijwe ko cyamunara
AMAFOTO : Uko byari bimeze mu gutaha no kweza katedrali ya Notre Dame i Paris
I Paris mu Bufaransa habaye ibirori bikomeye byo gutaha katederali ya Notre Dame imaze imyaka isaga 850 yubatswe. Ku wa 15 Mata 2019 nibwo Katederali
Premier League: Imyizerere ikomeje gukoma mu nkora Ubukangurambaga bushyigikira abaryamana bahuje ibitsina
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza FA ryatunguwe n’ibyemezo abakinnyi n’amakipe bari gufata banga kwambara imyambaro n’ibindi byose biriho amabara ashyigira abaryamana bahuje ibitsina. Bibaye ubugira