Ubushakashatsi bushya bwakozwe ku rwego rw’igihugu n’umuryango wa American Bible Society bwerekanye ko nubwo gusoma Bibiliya muri United States byagabanutse ugereranyije n’umwaka ushize, ubushake bwo
Category: Mu Mahanga
Abayobozi b’Abakirisitu muri Nigeria basohoye ubutumwa busaba ubufasha mu gihe cya Pasika.
Nyuma y’iminsi mike abashinjwa kuba ari abarwanyi b’Abafurani (Fulani) bagabye ibitero ku midugudu ibiri ituwe cyane n’Abakirisitu muri Plateau State, Perezida wa Nigeria yasezeranyije gufata
Théo Bosebabireba ufashe inzira ijya I Burundi ati”Sincibwa intege n’imigambi ya satani kuko iyampamagaye irusha byose imbaraga”.
Umuhanzi Théogène Uwiringiyimana bakunze kwita Théo Bosebabireba ubu yerekeje mu gihugu cy’u Burundi mu biterane azakomereza no mu Bugande akabisoreza mu Rwanda. Yabwiye isezerano.com ko
Abakunze Makoma mu myaka irenga 20 mushonje muhishiwe
Amakuru aturuka kuri Nathalie ufatwa nk’inkingi ya mwamba mw’Itsinda Makoma, yemeza ko abari barigize bose bamaze kwishyira hamwe ngo bongere gukora indirimbo zihimbaza Imana. Mu
Nyuma y’umwaka urenga mu gahinda, Pasiteri Marcelo Tunasi yakoze ubukwe – AMAFOTO
Ku wa 23 Nyakanga 2025, Pasiteri Marcelo Tunasi yasezeranye imbere y’Imana i Bruxelles mu Bubiligi n’umukozi w’Imana Esther Aïcha. Ni umuhango akoze hashize umwaka apfushije
Uko umugambi wo kwica Papa waburijwemwo, abashakaga kumwica bakicwa
BBC itangaza ko umugambi wo kwica Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis waburijwemo ubwo yari mu rugendo muri Iraq. “Umugambi wo kwica Papa
Ibuye ryari ririho amategeko 10 y’Imana riri gutezwa cyamunara -AMAFOTO
Rimwe mu mabuye abiri bivugwa ko yari yanditseho amategeko icumi y’Imana rigiye gutezwa cya munara. Iryo buye byemezwa ko rimaze imyaka 1500, biteganyijwe ko cyamunara
AMAFOTO : Uko byari bimeze mu gutaha no kweza katedrali ya Notre Dame i Paris
I Paris mu Bufaransa habaye ibirori bikomeye byo gutaha katederali ya Notre Dame imaze imyaka isaga 850 yubatswe. Ku wa 15 Mata 2019 nibwo Katederali
Premier League: Imyizerere ikomeje gukoma mu nkora Ubukangurambaga bushyigikira abaryamana bahuje ibitsina
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza FA ryatunguwe n’ibyemezo abakinnyi n’amakipe bari gufata banga kwambara imyambaro n’ibindi byose biriho amabara ashyigira abaryamana bahuje ibitsina. Bibaye ubugira
Donald Trump yinjiye mu bucuruzi bwa Bibiliya
Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za America Donald Trump, yinjiye mu bucuruzi bwa Bibiliya avuga ko iki ari igitabo Amerika ikeneye cyane kurusha