Nyuma y’iminsi havugwa ko Riderman yaba agiye kugera ikirenge mu cya bagenzi be bahoze baririmba indirimbo z’ubutumwa busanzwe bakaza guhindura icyerecyezo bakajya mu kuririmba indirimbo
Category: Ibiterane
Mu gihe akomeje gutegura bimwe mu bihangano bizagaragara kuri Album ye ya mbere ateganya kumurika mu mpera z’umwaka wa 2025,Gisèle IZERE yateguye igitaramo kigamije kuramya
Umuhanzi Eric Pisco asanga umuziki wo muri Kiliziya atari wo ukwiye gusigara inyuma mu gihe ibindi byose biri gutera imbere
Kuba isi igenda ihinduka uko bwije n’uko bukeye,ni imwe mu mpamvu asanga n’umuziki wo muri Kiliziya utagakwiye gusigara inyuma,ahubwo agashimangira ko kwisanisha n’isi turimo no
N’ubwo tugoswe n’amakuba impande zose,mu ijuru dufite Imana-Umuhanzi Elsa Cluz
Elsa Cluz uvuga ko ibihe abakriso bari kunyuramo agereranya nk’ishungurwa,ibyo ashingira ku kuba insengero nyinshi zifunze byaratumye bamwe mu bakristo basa n’abihugiyeho ndetse bamwe bakava
Théo Bosebabireba ufashe inzira ijya I Burundi ati”Sincibwa intege n’imigambi ya satani kuko iyampamagaye irusha byose imbaraga”.
Umuhanzi Théogène Uwiringiyimana bakunze kwita Théo Bosebabireba ubu yerekeje mu gihugu cy’u Burundi mu biterane azakomereza no mu Bugande akabisoreza mu Rwanda. Yabwiye isezerano.com ko
“Gutoza abakiri bato umuco wo kwifata, ubusugi n’ubumanzi”ni umwe mu myanzuro 11 yafatiwe muri Diyosezi ya Nyundo
“Ntuzatoze, Ntuzemerere, Ntuzashyigikire ko umwana w’umwangavu agana serivise yo kuboneza urubyaro. Byaba ari ukumuroha no kumworeka mu busambanyi.” Uyu ni umwe mu myanzuro yafashwe nyuma
Mutekereze wa mwana watangiye kuboneza urubyaro afite imyaka 15, akagera igihe cyo gushaka amaze gukuramo inda inshuro zitabarika- Karidinali A. Kambanda
Nyiricyubahiro Antoni Karidinali Kambanda, Arikiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yavuze ko bibabaje kuba umuco wo gusambana no gukuramo inda
Prosper Nkomezi witegura kumurika album yashyize hanze indirimbo yakoranye na Israel Mbonyi
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi, yashyize hanze indirimbo yakoranye na Israel Mbonyi. N’indirimbo bise ‘Umusaraba’, izagaragara kuri album nshya ya Prosper
Tonzi yamuritse igitabo yizera ko kizafasha abari mu bihe bitoroshye
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ku wa gatatu tariki 30 Nyakanga 2025, Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Uwitonze Clementine uzwi nka Tonzi yavuze ku
Yesu nta dini agira,abamwizera bose aduhamagarira kubana kivandimwe – Maranatha Family Choir
Mu gihe hamwe na hamwe usanga hari imwe mu myemerere ituma bitoroha kubona abasengera mu matorero atandukanye bisanga hamwe bakorana ivugabutumwa,Maranatha Family Choir yo ihamya