Ni mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe n’itorero Zion Temple Celebration Center Rubavu,hisunzwe icyanditswe kiri muri Yesaya 60:1 hagira hati:”Byuka urabagirane kuko umucyo wawe uje, kandi ubwiza
Category: Iyobokamana
Icyitegererezo cyanjye mu muziki uhimbaza Imana ni Israel Mbonyi- Umuhanzi Karamuzi Fred
KARAMUZI Fred yavukiye mu karere ka Nyagatare gusa we n’umuryango we bakaba barimukiye mu karere ka Kayonza/Buhabwa mu mwaka wa 2017,avuga ko yakunze kuririmba akiri
Karongi: Aimé Lewis wakunzwe rwinshi mu myiteguro yo kumurika umuzingo we wa mbere
NIYONGIRA Aimé Lewis ni umwizera mu itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi,itorero rya Galilaya mu ntara y’ivugabutumwa ya Kibuye. Avuga ko yatangiriye muri Chorales zirimo iyitwa
Umuhanzi G-Bruce yasabye abantu gukorera Umuremyi batizigamye
Yitwa Bruce Mfuranzima, yamenyekanye nka G-Bruce The Teacher mu ndirimbo zitandukanye z’ubutumwa busanzwe. N’ubwo yari amaze iminsi asa n’ucecetse ubu aravuga ko agarukanye imbaraga mu
Niyo Bosco asobanuye byinshi mu muziki wacu –Alicia na Germaine
UFITIMANA Alicia na UFITIMANA Germaine Bagaragaje ko Ubufatanye na Niyo Bosco bwabateye imbaraga binaturutse ku bitekerezo bagiye bakira nyuma y’uko iyi ndirimbo isohotse. Amazina yabo
Apostle Dr Paul Gitwaza yunamiye Madame Beatrice witabye Imana
“Muri ibi bihe bikomereye umutima, twihanganishije umuryango we wose, Umushumba Emma n’abana asize. Imana imuhe iruhukiro ridashira kandi ikomeze mwe mwese muri guca muri ibi
Ikintu cya mbere Imana ishaka mw’Itorero ni umutima wihana- Apostle Mignonne A. Kabera
Umushumba Mukuru wa Noble Family Church na Women Foundation Ministries, Apostle Mignonne A. Kabera, avuga ko itorero ryo mu gihe cya none riri gupfa ribitewe
“Abagore bayobora neza kuturusha”- Papa Francis avuga ku mugore uzayobora i Vatican
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yemeje ko umujyi wa Vatican uzaba ufite umuyobozi mushya kuva muri Werurwe, aho azaba ari umubikira. Vatican News itangaza
Icyo intumwa Dr Paul Gitwaza ahamagarira abantu gukora
Umushumba Mukuru w’Itorero rya Zion Temple ku isi, Intumwa y’Imana Dr (Apostle) Dr Paul Gitwaza arahamagarira abantu gukora ibikorwa by’ubutwari. Gitwaza asaba abantu gukora igikorwa
Nyuma y’amasaha macye basezeranye, I. Vestine ateye imitoma Ouedraogo Idrissa – AMAFOTO
Umwe mu baririmbyi b’indirimbo zaririmbiwe Imana ‘Ishimwe Vestine’ yasezeranye mu mategeko n’umusore yihebeye Ouedraogo Idrissa ukomoka muri Burkina Faso. Nyuma y’amasaga macye bavuye guserana mu