Uyu muramyi witabiriye umuhango w’irahira rya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika “Donald Tump” mu 2017 akanaririmba indirimbo “Intentional” agiye kuza i Kigali muri
Category: Amakuru
Ibiyobyabwenge byangize igicamuke-Uwari umufana wa Rayons Sport Rasta GACUMA n’akungo k’umuriro yavuyemo umuvugabutumwa
Uwahoze ari umufana w’ikipe ya Rayons Sport Jules HAKORIMANA bitaga Rasta Gacuma, nyuma yo kureka ibiyobyabwenge asigaye ari umuvugavutumwa mu ijambo ry’Imana, akanatanga ubuhamya bw’uko
Imikino y’ubufindo nk’ubwakorewe ku ikanzu y’umwana w’Imana yahagaritswe by’agateganyo
Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda mu Rwanda, ibinyujije mu itangazo, yaharitse by’agateganyo impushya zari zaratanzwe ku mikino y’amahirwe, hakoreshejwe imashini zijyamo ibiceri (slot machines) ku butaka bw’u
Ruhango/Gitwe: Mu ishuri ry’abadivantisiti abanyeshuri bakoze igisa n’imyagaragambyo
Bamwe mu banyeshuri biga mu ishuri ryisumbuye ry’abadivantisiti b’umunsi wa karindwi ry’i Gitwe rizwi nka ESAPAG bakoze igisa n’imyigaragambyo nyuma y’uko uwari umuyobozi waryo asimburijwe
N’ubwo mbatega amatwi ntabwo mbemera-Perezida Kagame yavuze ku bamutumwaho n’Imana
Perezida w’u Rwanda Paul KAGAME, ari kumwe na Madamu we Jeannette Kagame kuri yu wa gatanu muri Intare Conference Arena yayoboye inama ya Biro Politiki
Nyarugenge: Yiyambuye ubugingo nka Yuda nyuma yo gukeka ko umugore we amuca inyuma
Umugabo wari utuye mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge yasanzwe yimanitse mu mugozi w’inzitiramibu abaturage bakavuga ko yaba yabitewe n’umugore we umuca inyuma.
Nyamagabe: Chorale Isezerano iheruka gukora amateka muri Kigali ihagarukanye imbaraga
Chorale Isezerano, yo mu itorero rya ADEPR, Ururembo rwa Huye ku itorero rya Sumba mu Karere ka Nyamagabe, mu rwego rwo kwitegura urugendo rw’ivugabutumwa yitegura
Burundi: Ya mvura basabye Imana yaguye mu gihugu hose Perezida atanga ishimwe
Mu gihugu cy’u Burundi, Guverineri yari aherutse gusaba abaturage gusengera imvura imaze yari imaze igihe itagwa, none imvura iri kugwa mu gihugu hose. Umuyobozi wari
Nigeria: Umukwe yabengeye umugeni mu rusengero nyuma yo gusanga yaramwihishemo
Mu gihugu cya Nigeria, umukwe yabengeye umugeni ku rusengero, ubwo bari bagiye gusezerana kubana akaramata imbere y’Imana, nyuma yo gusanga yaramuhishe ko afite asanzwe ari
Rayons Sport imeze nka zingalo imbere ya Kiyovu Sport-Umukristu Kazungu Claver
Umunyamakuru wa Radiyo na Televiziyo 10, mu kiganiro cy’imikino kitwa “Urukiko rw’imikino”, akaba n’umukristu w’itorero rya ADEPR usengera cyane ahitwa mu Rugando, yanenze bikomeye imyitwarire