Mu karere ka Ruhango, ubuyobozi bwagaragaje ko kuba hakunze kumvikana imfu za hato na hato mu baturage, bibabaje kandi mu bufatanye bw’inzego zitandukanye bari gukora
Category: Amakuru
Imana ikunda umuntu ariko ikanga icyaha cye n’ububi bwe-Cardinal Kambanda
Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali, Antoine Cardinal Kambanda yasuye abagororwa bo muri Gereza ya Mageragere, ayobora igitambo cya misa kizihirijwemo umunsi mukuru wa Mutagatifu Tereza
Umupasiteri usambana aba ari urupasiteri-Umuhanuzi Riziki Chantal
Umuvugabutumwa akaba n’umuhanuzi Riziki Chantal abinyujije ku muyoboro we wa Youtube, yabwiye abantu ubutumwa bukomeye buboneka mu gitabo cya Hoseya 8:1-5 hagira hati:”shyira impanda mu
Huye: Kubabarira karindwi inshuro mirongo irindwi karindwi bimaze gutanga umusaruro mu bumwe n’ubwiyunge
Mu karere ka Huye bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi baravuga ko bamaze kwimika muri bo umuco wo kubabarira karindwi inshuro mirongo irindwi karindwi ababiciye
Bamporiki wagiye ugaragara nk’umukristo yakatiwe gufungwa imyaka ine
Bamporiki wagiye agaragara mu bikorwa bya gikristo ndetse akanasengera mu itorero rya ADEPR rimwe na rimwe, Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamukatiye gufungwa imyaka ine n’ihazabu
Umuhanzi Ndagijimana Innocent yashyize hanze amashusho y’indirimbo yibubutsa abantu urukundo rw’Imana
Iyi ndirimbo ni iyitwa “Urukundo rwayo” yafatanyije n’umuhanzi Mugisha Paul, bombi basanzwe basengana mu itorero EAR Paruwasi ya Mugombwa mu karere ka Nyamagabe. Iyi ndirimbo
Umukristo wa Noble Family church yagaragaye mu masiganwa y’imodoka yafunguwe na Minisitiri Munyangaju
Miss Kalimpinya usanzwe usengera mu itorero “Women Foundation Ministries & Noble Family church” yagaragaye muri Mountain Gorilla Rally 2022 iri gukinwa ku nshuro ya 22
Nyaruguru: amatorero yinjiye mu gushakisha impano z’abana no kuziteza imbere
Mu turere twa Nyaruguru, Gisagara na Nyamagabe, abayobozi b’amatorero babinyujeije mu mishinga iterwa inkunga na Compassion Interanationale ku matorero ari muri utwo turere, yakoze igikorwa
Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya
Bibiliya ni igitabo cyanditswemo ibyahumetswe n’Imana, ku buryo ubyubahirije aba ari n’umuturage mwiza wubahiriza amategeko ya Leta. Muri iyi minsi u Rwanda ruri mu kwezi
Ubuzima/ Ibitaro bya CHUB byaroje abaturage inka 441 babigereranya no kuva ku kidendezi
Mu karere ka Huye, mu bihe bitandukanye, abaganga n’abakozi b’ibitaro bikuru bya Kaminuza bya Butare (CHUB) boroje abaturage inka 441 zibakura mu bukene, babigereranya no