Ku wa 23 Nyakanga 2025, Pasiteri Marcelo Tunasi yasezeranye imbere y’Imana i Bruxelles mu Bubiligi n’umukozi w’Imana Esther Aïcha. Ni umuhango akoze hashize umwaka apfushije
Category: Amakuru
Habuze gato ngo True Promises icirwe ingando ku bw’ibihe byiza yagiranye n’ab’i Rubavu
Ni mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe n’itorero Zion Temple Celebration Center Rubavu,hisunzwe icyanditswe kiri muri Yesaya 60:1 hagira hati:”Byuka urabagirane kuko umucyo wawe uje, kandi ubwiza
Icyitegererezo cyanjye mu muziki uhimbaza Imana ni Israel Mbonyi- Umuhanzi Karamuzi Fred
KARAMUZI Fred yavukiye mu karere ka Nyagatare gusa we n’umuryango we bakaba barimukiye mu karere ka Kayonza/Buhabwa mu mwaka wa 2017,avuga ko yakunze kuririmba akiri
Karongi: Aimé Lewis wakunzwe rwinshi mu myiteguro yo kumurika umuzingo we wa mbere
NIYONGIRA Aimé Lewis ni umwizera mu itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi,itorero rya Galilaya mu ntara y’ivugabutumwa ya Kibuye. Avuga ko yatangiriye muri Chorales zirimo iyitwa
Umuhanzi G-Bruce yasabye abantu gukorera Umuremyi batizigamye
Yitwa Bruce Mfuranzima, yamenyekanye nka G-Bruce The Teacher mu ndirimbo zitandukanye z’ubutumwa busanzwe. N’ubwo yari amaze iminsi asa n’ucecetse ubu aravuga ko agarukanye imbaraga mu
Niyo Bosco asobanuye byinshi mu muziki wacu –Alicia na Germaine
UFITIMANA Alicia na UFITIMANA Germaine Bagaragaje ko Ubufatanye na Niyo Bosco bwabateye imbaraga binaturutse ku bitekerezo bagiye bakira nyuma y’uko iyi ndirimbo isohotse. Amazina yabo
“Abagore bayobora neza kuturusha”- Papa Francis avuga ku mugore uzayobora i Vatican
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yemeje ko umujyi wa Vatican uzaba ufite umuyobozi mushya kuva muri Werurwe, aho azaba ari umubikira. Vatican News itangaza
Icyo intumwa Dr Paul Gitwaza ahamagarira abantu gukora
Umushumba Mukuru w’Itorero rya Zion Temple ku isi, Intumwa y’Imana Dr (Apostle) Dr Paul Gitwaza arahamagarira abantu gukora ibikorwa by’ubutwari. Gitwaza asaba abantu gukora igikorwa
Nyuma y’amasaha macye basezeranye, I. Vestine ateye imitoma Ouedraogo Idrissa – AMAFOTO
Umwe mu baririmbyi b’indirimbo zaririmbiwe Imana ‘Ishimwe Vestine’ yasezeranye mu mategeko n’umusore yihebeye Ouedraogo Idrissa ukomoka muri Burkina Faso. Nyuma y’amasaga macye bavuye guserana mu
“Inzara ni ikintu cya mbere kibanziriza ububyutse. Gusonza ni ikimenyetso cy’uko Yesu agiye gukora” – Apostle Mignone Kabera
Umushumba Mukuru wa Noble Family Church na Women Foundation Ministries, Apostle Mignone Kabera, yavuze ko ububyutse aho bugiye kuza bubanzirizwa n’inzara. Ibi yabigatutseho ubwo yabwirizaga