Ubushakashatsi bushya bwakozwe ku rwego rw’igihugu n’umuryango wa American Bible Society bwerekanye ko nubwo gusoma Bibiliya muri United States byagabanutse ugereranyije n’umwaka ushize, ubushake bwo
Category: Amakuru
Abayobozi b’Abakirisitu muri Nigeria basohoye ubutumwa busaba ubufasha mu gihe cya Pasika.
Nyuma y’iminsi mike abashinjwa kuba ari abarwanyi b’Abafurani (Fulani) bagabye ibitero ku midugudu ibiri ituwe cyane n’Abakirisitu muri Plateau State, Perezida wa Nigeria yasezeranyije gufata
Umuhanzi Riderman yashyize umucyo ku makuru amaze iminsi avugwa ku kuba yaba agiye kwerekeza muri Gospel
Nyuma y’iminsi havugwa ko Riderman yaba agiye kugera ikirenge mu cya bagenzi be bahoze baririmba indirimbo z’ubutumwa busanzwe bakaza guhindura icyerecyezo bakajya mu kuririmba indirimbo
N’ubwo tugoswe n’amakuba impande zose,mu ijuru dufite Imana-Umuhanzi Elsa Cluz
Elsa Cluz uvuga ko ibihe abakriso bari kunyuramo agereranya nk’ishungurwa,ibyo ashingira ku kuba insengero nyinshi zifunze byaratumye bamwe mu bakristo basa n’abihugiyeho ndetse bamwe bakava
Théo Bosebabireba ufashe inzira ijya I Burundi ati”Sincibwa intege n’imigambi ya satani kuko iyampamagaye irusha byose imbaraga”.
Umuhanzi Théogène Uwiringiyimana bakunze kwita Théo Bosebabireba ubu yerekeje mu gihugu cy’u Burundi mu biterane azakomereza no mu Bugande akabisoreza mu Rwanda. Yabwiye isezerano.com ko
Tonzi yamuritse igitabo yizera ko kizafasha abari mu bihe bitoroshye
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ku wa gatatu tariki 30 Nyakanga 2025, Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Uwitonze Clementine uzwi nka Tonzi yavuze ku
Abakunze Makoma mu myaka irenga 20 mushonje muhishiwe
Amakuru aturuka kuri Nathalie ufatwa nk’inkingi ya mwamba mw’Itsinda Makoma, yemeza ko abari barigize bose bamaze kwishyira hamwe ngo bongere gukora indirimbo zihimbaza Imana. Mu
Mw’isengesho ry’ukwezi gushya, Apostle Gitwaza abona Gukomera kwa Yesu nk’igisubizo cy’Africa
Nkuko asanzwe abikora mu ntangiriro za buri kwezi, Umushumba mukuru w’Itorero rya Zion Temple ku isi, Intumwa y’Imana (Apostle) Dr Paul Gitwaza, yagaragaje ibintu bitandukanye
Yesu nta dini agira,abamwizera bose aduhamagarira kubana kivandimwe – Maranatha Family Choir
Mu gihe hamwe na hamwe usanga hari imwe mu myemerere ituma bitoroha kubona abasengera mu matorero atandukanye bisanga hamwe bakorana ivugabutumwa,Maranatha Family Choir yo ihamya
Guhuza urwenya n’ibyanditswe mbere ntibabyumvaga ariko ubu aho bigeze haratanga icyizere-Umunyarwenya Senegalais Umushumba
N’ubwo mu ntangiriro bitari byoroshye,Umunyarwenya Senegalais umaze kumenyekana ku izina ry’Umushumba muri comedie . Avuga ko ashimira Imana aho urwenya rumaze kugera bikaba umwihariko kuri