Nyuma y’aho ngo bigaragariye ko hari umubare munini w’abatazi gusoma no kwandika mu madini n’amatorero y’aha mu Rwanda, agera ku 126 yiyemeje gusenyera umugozi umwe
Category: Inkuru Rusange
Aline Gahongayire n’umuvugabutumwa bahawe kuyobora igitaramo cya Vestine na Dorcas
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire we n’undi muvugabutumwa utatangajwe amazina byamaze kumenyakana ko ari bo bazayobora igitaramo kizamurikirwamo album ya mbere
Bugesera: Guverineri Gasana yitabiriye amasengesho y’abapasiteri abasaba kutaba ibirura
Mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Uburasirazuba, habereye amasengesho yateguwe n’ihuriro ry’amadini n’amatorero (RIC) yitabiriwe n’abayobozi barimo Meya, Guverineri, n’umwigisha w’ijambo ry’Imana umenyerewe cyane Rev.
Umukinnyi wa APR FC akurikiranweho kunywa vino ikamukubaganyishiriza mu modoka
Umukinnyi wa APR FC akurikiranweho kunywa vino ikamukubaganyishiriza mu modok Umukinnyi wa APR FC ukina hagati mu kibuga afasha abataha izamu, Itangishaka Blaise, afungiye kuri
Itsinda ry’Abaragwa rikora imirimo y’umusamaliya mwiza ryihanganishije abantu mu ndirimbo ziryoheye amatwi
Itsinda Abaragwa b’ijuru ryaboneye izuba muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye rikora ibikorwa byo gusura abarwayi kwa muganga, kwambika no kugaburira abashonje ryamaze gushyira
Bishop Masengo Fidele umwe mu mpamvu yateje umwuka mubi watumye umuhanzi Vedaste N Christian ahagarikwa muri ADEPR
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Vedaste N Christian, uteranira muri ADEPR Murambi yahagaritswe n’itorero rya ADEPR, bikaba bibaye nyuma y’umwuka mubi wagiye ututumba mbere y’uko akora
Nyamasheke: RIB yinjiye mu kibazo cy’ukekwaho kwifuza umugore wundi bagakorana icyaha cy’ubusambanyi Imana yanga urunuka
Muri aka Karere ka Nyamasheke gaherereye mu Ntara y’Uburengerazuba, kuri sitasiyo ya RIB ya Macuba mu karere ka Nyamasheke hafungiye umugabo w’imyaka 34, umugore we
DRC: Rwa ruzinduko rwa Papa Francis rwari rwarasubitswe rurashyize rugiye kuba
Ibiro bishinzwe Itangazamakuru i Vatican mu biro bya Papa, byatangaje igihe umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi, Nyirubutungane Papa Francis azakorera ingendo z’iyogezabutumwa muri RDC
Cardinal Kambanda yasimbuye Musenyeri Philippe Rukamba ku buyobozi bw’inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda
Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yatorewe kuba Prezida w’Inama nkuru y’Abepiskopi gatolika mu Rwanda asimbuye Musenyeri Philippe Rukamba, Umwepiskopi wa Diyosezi ya
Musanze: Uko Chorale Urukundo yatumiye Chorale Iriba mu ivugabutumwa ikayisanganiza ibisitaza imitima ya bamwe igakomereka
Ku Itorero rya ADEPR Muhoza riherereye mu Mujyi wa Musanze kuri uyu wa Gatandatu no Kucyumweru taliki ya 26-27/11/2022 habereye igitaramo cyateguwe na Chorale Urukundo