Nyuma y’iminsi havugwa ko Riderman yaba agiye kugera ikirenge mu cya bagenzi be bahoze baririmba indirimbo z’ubutumwa busanzwe bakaza guhindura icyerecyezo bakajya mu kuririmba indirimbo
Category: Inkuru Rusange
Mu gihe akomeje gutegura bimwe mu bihangano bizagaragara kuri Album ye ya mbere ateganya kumurika mu mpera z’umwaka wa 2025,Gisèle IZERE yateguye igitaramo kigamije kuramya
Umuhanzi Eric Pisco asanga umuziki wo muri Kiliziya atari wo ukwiye gusigara inyuma mu gihe ibindi byose biri gutera imbere
Kuba isi igenda ihinduka uko bwije n’uko bukeye,ni imwe mu mpamvu asanga n’umuziki wo muri Kiliziya utagakwiye gusigara inyuma,ahubwo agashimangira ko kwisanisha n’isi turimo no
Théo Bosebabireba ufashe inzira ijya I Burundi ati”Sincibwa intege n’imigambi ya satani kuko iyampamagaye irusha byose imbaraga”.
Umuhanzi Théogène Uwiringiyimana bakunze kwita Théo Bosebabireba ubu yerekeje mu gihugu cy’u Burundi mu biterane azakomereza no mu Bugande akabisoreza mu Rwanda. Yabwiye isezerano.com ko
Ijambo ry’umunsi: Imana ntikurenganya, n’ubwo utabona igisubizo uyu munsi ,iracyari kumwe nawe.
Shalom Shalom , Bavandimwe. Uyu munsi turabasangiza ijambo ry’Imana rigamije kuduhumuriza , kudukomeza no kutwibutsa ko Imana iri kumwe natwe , n’ubwo twaba duhanganye n’ibikomeye,Reka
Yesu nta dini agira,abamwizera bose aduhamagarira kubana kivandimwe – Maranatha Family Choir
Mu gihe hamwe na hamwe usanga hari imwe mu myemerere ituma bitoroha kubona abasengera mu matorero atandukanye bisanga hamwe bakorana ivugabutumwa,Maranatha Family Choir yo ihamya
Guhuza urwenya n’ibyanditswe mbere ntibabyumvaga ariko ubu aho bigeze haratanga icyizere-Umunyarwenya Senegalais Umushumba
N’ubwo mu ntangiriro bitari byoroshye,Umunyarwenya Senegalais umaze kumenyekana ku izina ry’Umushumba muri comedie . Avuga ko ashimira Imana aho urwenya rumaze kugera bikaba umwihariko kuri
Habuze gato ngo True Promises icirwe ingando ku bw’ibihe byiza yagiranye n’ab’i Rubavu
Ni mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe n’itorero Zion Temple Celebration Center Rubavu,hisunzwe icyanditswe kiri muri Yesaya 60:1 hagira hati:”Byuka urabagirane kuko umucyo wawe uje, kandi ubwiza
Icyitegererezo cyanjye mu muziki uhimbaza Imana ni Israel Mbonyi- Umuhanzi Karamuzi Fred
KARAMUZI Fred yavukiye mu karere ka Nyagatare gusa we n’umuryango we bakaba barimukiye mu karere ka Kayonza/Buhabwa mu mwaka wa 2017,avuga ko yakunze kuririmba akiri
Umuhanzi G-Bruce yasabye abantu gukorera Umuremyi batizigamye
Yitwa Bruce Mfuranzima, yamenyekanye nka G-Bruce The Teacher mu ndirimbo zitandukanye z’ubutumwa busanzwe. N’ubwo yari amaze iminsi asa n’ucecetse ubu aravuga ko agarukanye imbaraga mu