Muri raporo yagejejwe kuri World Council of the Churches (WCC),ivuga ko abakristo baba ku butaka butagatifu i Yerusalemu bakomeje kugirirwa nabi n’abahezanguni bo mu idini
Category: Amateka
Uko mbibona: Ijambo Halleluya ntago abakristo benshi bazi icyo risobanura
Ijambo Hallelujah ni ijambo ry’igizwe n’amagambo abiri,Hallel bisobanura”shima”na “Yah”bisobanura lmana.Ibi bishaka kuvuga ko Halleluya bivuga ngo”shima Imana”cg se lmana ishimwe. Iri jambo ryabonetse bwa
Umubikira wari ukuze kurusha abandi ku isi yitabye Imana
Umubikira wo mu gihugi cy’ubufaransa wari ukuze kurusha abandi ku isi yapfuye ku myaka 118. Akigera mu bihaye Imana Lucile Randon,byahise afata izina rya Sister
Umuramyi Travis Greene witabiriye irahira rya Donald Trump ategerejwe i Kigali mu gitaramo
Uyu muramyi witabiriye umuhango w’irahira rya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika “Donald Tump” mu 2017 akanaririmba indirimbo “Intentional” agiye kuza i Kigali muri
Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati
Pasiteri Peter Musisi akaba umuyobozi mukuru w’itorero The Holy Living Church Of Christ yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati, ngo abitewe n’ibintu bitatu aribyo
Bamporiki wagiye ugaragara nk’umukristo yakatiwe gufungwa imyaka ine
Bamporiki wagiye agaragara mu bikorwa bya gikristo ndetse akanasengera mu itorero rya ADEPR rimwe na rimwe, Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamukatiye gufungwa imyaka ine n’ihazabu
Umukristo wa Noble Family church yagaragaye mu masiganwa y’imodoka yafunguwe na Minisitiri Munyangaju
Miss Kalimpinya usanzwe usengera mu itorero “Women Foundation Ministries & Noble Family church” yagaragaye muri Mountain Gorilla Rally 2022 iri gukinwa ku nshuro ya 22
Dore uko wahangana n’agahinda ko gupfusha
Ese uherutse gupfusha incuti yawe cyangwa mwene wanyu? Niba byarakubayeho iyi ngingo iragufasha kwihanganira agahinda gaterwa no kubura uwawe. Ese nkabya kugaragaza agahinda? Abantu benshi
Kuki gusoma ari by’ingenzi ku bana?
Ese iyo abana bawe bari kuruhuka ni iki bakunda gukora: bareba videwo cyangwa basoma ibitabo? None se hagati ya terefone zigezweho n’ibitabo ni iki bakunda