Pasiteri Peter Musisi akaba umuyobozi mukuru w’itorero The Holy Living Church Of Christ yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati, ngo abitewe n’ibintu bitatu aribyo
Category: Amateka
Bamporiki wagiye ugaragara nk’umukristo yakatiwe gufungwa imyaka ine
Bamporiki wagiye agaragara mu bikorwa bya gikristo ndetse akanasengera mu itorero rya ADEPR rimwe na rimwe, Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamukatiye gufungwa imyaka ine n’ihazabu
Umukristo wa Noble Family church yagaragaye mu masiganwa y’imodoka yafunguwe na Minisitiri Munyangaju
Miss Kalimpinya usanzwe usengera mu itorero “Women Foundation Ministries & Noble Family church” yagaragaye muri Mountain Gorilla Rally 2022 iri gukinwa ku nshuro ya 22
Dore uko wahangana n’agahinda ko gupfusha
Ese uherutse gupfusha incuti yawe cyangwa mwene wanyu? Niba byarakubayeho iyi ngingo iragufasha kwihanganira agahinda gaterwa no kubura uwawe. Ese nkabya kugaragaza agahinda? Abantu benshi
Kuki gusoma ari by’ingenzi ku bana?
Ese iyo abana bawe bari kuruhuka ni iki bakunda gukora: bareba videwo cyangwa basoma ibitabo? None se hagati ya terefone zigezweho n’ibitabo ni iki bakunda