Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof BAYISENGE Jeannette yagaraje ko abanyamadini n’amatorero bakwiye kugira uruhare rugaragara mu iterambere n’imibereho by’umugore wo mu cyaro bifashishije imbaraga bafite
Category: Iyobokamana
Bishop Souzane yagaragaje ifuhe ry’Imana ku bakora divorce n’abashinga ingo bakurikiye ubutunzi
Umukozi w’Imana Bishop Birakwiye Souzane Violette uyobora itorero rya Revelation Family of God (Iyerekwa ry’Umuryango w’Imana) rikorera muri Kigali, yagaragaje ko muri iki gihe ababazwa
Iyo udafite umwuka wera satani akurya nk’ubugari-Pasiteri Antoine Rutayisire
Pasiteri Dr Antoine Rutayisire yagaragaje ko iyo umukristo adafite umwuka wera ntacyo aba ari cyo, ku buryo Satani amushukashuka akamurya nk’urya ubugari n’isosi. Pasiteri Rutayisire,
Warakoze kuntoza gusenga-Meddy mu kiniga yandikiye umubyeyi we watabarutse
Umuhanzi Ngabo Medard Jobert wamenyekanye ku izina rya “Meddy” nyuma y’amezi abiri abuze mama we umubyara abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yanditse ubutumwa bukubiyemo ubuzima yabanyemo
Imana ikunda umuntu ariko ikanga icyaha cye n’ububi bwe-Cardinal Kambanda
Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali, Antoine Cardinal Kambanda yasuye abagororwa bo muri Gereza ya Mageragere, ayobora igitambo cya misa kizihirijwemo umunsi mukuru wa Mutagatifu Tereza
Umupasiteri usambana aba ari urupasiteri-Umuhanuzi Riziki Chantal
Umuvugabutumwa akaba n’umuhanuzi Riziki Chantal abinyujije ku muyoboro we wa Youtube, yabwiye abantu ubutumwa bukomeye buboneka mu gitabo cya Hoseya 8:1-5 hagira hati:”shyira impanda mu
Umuhanzi Ndagijimana Innocent yashyize hanze amashusho y’indirimbo yibubutsa abantu urukundo rw’Imana
Iyi ndirimbo ni iyitwa “Urukundo rwayo” yafatanyije n’umuhanzi Mugisha Paul, bombi basanzwe basengana mu itorero EAR Paruwasi ya Mugombwa mu karere ka Nyamagabe. Iyi ndirimbo
Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya
Bibiliya ni igitabo cyanditswemo ibyahumetswe n’Imana, ku buryo ubyubahirije aba ari n’umuturage mwiza wubahiriza amategeko ya Leta. Muri iyi minsi u Rwanda ruri mu kwezi
Vava dore imbogo yakoranye indirimbo n’umwana muto yibutsa abantu urukundo rw’Imana
Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye cyane binyuze ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku muyoboro wa YouTube mu ndirimbo ye ‘Dore imbogo dore impala, Huhhh, Huhhhhhhh yamaze gukorana n’umwana
Kiliziya ya Saint Famille n’iy’i Save zubatswe ku gahato bakubitwa ibiboko-Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene
Minisitiri muri Minisiteri y’Ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano y’uburere mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascene yagaragaje ko abakoroni bafatanyije nabamisiyoneri b’abazungu bagize uruhare mu gutanya abanyarwanda, babinyujije mu