Hari mugitambo cy’Ukaristiya ku cyumweru, imbere ya Basilika yitiriwe Mutagatifu Mariya i Collemaggio muri Aquila, Papa Fransisiko yashimiye abantu bose, barimo abayobozi bo munzego bwite
Category: Iyobokamana
Umuyobozi wa Caritas ya Pakisitani, Arkiyepiskopi Benny Travas wa Arikidiyosezi ya Karachi, na Musenyeri Samson Shukardin wa Diyosezi ya Hyderabad, barasaba ko habaho ubufatanye ku kibazo cy’imyuzure yatewe n’imvura ikabije yibasiye igihugu cya Pakisitani.
Ibi babisabye Mu gihe umubare w’abahitanwa n’imyuzure yatewe n’imvura nyinshi muri Pakisitani ukomeje kwiyongera kuko umaze kurenga 1.000, ni mugihe na Guverinoma itangaza ko ari
PAPA YIHANGANISHIJE UMURYANGO WA MIKHAIL GORBACHEV
Papa Francis yohereje ubutumwa bw’akababaro ku muryango wa Mikhail Gorbachev nyuma y’urupfu rwe. Niwe perezida wa nyuma wayoboye Leta zunzubumwe z’Abasoviyeti, akaba yitabye imana afite
Abayobozi b’amadini n’amatorero muri Kenya barahamagarira abanyakenya bose gushyirahamwe bagashakira igihugu amahoro
Abayobozi b’amadini n’amatorero muri Kenya barahamagarira abanyakenya bose gushyirahamwe bagashakira igihugu amahoro, ni mu gihe habaye amakimbirane nyuma yo gutangaza ibyavuye mu matora ya perezida
Arikidiyosezi ya Nyina w’Imana i Moscou irategura urugendo nyobokamana
Arikidiyosezi ya Nyina w’Imana i Moscou irategura urugendo nyobokamana muri Kazakisitani ni mu gihe kndi nyirubutungane Papa Fransisko azasura icyo gihugu , kuva ku ya
Abaririmba indirimbo zihimbaza Imana bakeneye kwambara neza
Muri iki gihe imyambarire y’abaririmba indirimbo zihimbaza Imana ntivugwaho rumwe. Uwitwa Ritaqueen wagiranye ikiganiro n’ikinyamakuru gishya yabajijwe byinshi ku byo babavugaho nk’abakozi b’Imana, yababwiye ko