Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali, Antoine Cardinal Kambanda yasuye abagororwa bo muri Gereza ya Mageragere, ayobora igitambo cya misa kizihirijwemo umunsi mukuru wa Mutagatifu Tereza
Category: Iyobokamana
Umupasiteri usambana aba ari urupasiteri-Umuhanuzi Riziki Chantal
Umuvugabutumwa akaba n’umuhanuzi Riziki Chantal abinyujije ku muyoboro we wa Youtube, yabwiye abantu ubutumwa bukomeye buboneka mu gitabo cya Hoseya 8:1-5 hagira hati:”shyira impanda mu
Umuhanzi Ndagijimana Innocent yashyize hanze amashusho y’indirimbo yibubutsa abantu urukundo rw’Imana
Iyi ndirimbo ni iyitwa “Urukundo rwayo” yafatanyije n’umuhanzi Mugisha Paul, bombi basanzwe basengana mu itorero EAR Paruwasi ya Mugombwa mu karere ka Nyamagabe. Iyi ndirimbo
Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya
Bibiliya ni igitabo cyanditswemo ibyahumetswe n’Imana, ku buryo ubyubahirije aba ari n’umuturage mwiza wubahiriza amategeko ya Leta. Muri iyi minsi u Rwanda ruri mu kwezi
Vava dore imbogo yakoranye indirimbo n’umwana muto yibutsa abantu urukundo rw’Imana
Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye cyane binyuze ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku muyoboro wa YouTube mu ndirimbo ye ‘Dore imbogo dore impala, Huhhh, Huhhhhhhh yamaze gukorana n’umwana
Kiliziya ya Saint Famille n’iy’i Save zubatswe ku gahato bakubitwa ibiboko-Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene
Minisitiri muri Minisiteri y’Ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano y’uburere mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascene yagaragaje ko abakoroni bafatanyije nabamisiyoneri b’abazungu bagize uruhare mu gutanya abanyarwanda, babinyujije mu
Umukristu mu rusengero abe n’umuturage mwiza mu mudugudu-Guverineri Kayitesi
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Mme Kayitesi Alice, yahaye umukoro ba micomyiza bo mu nsegero bagaragara nk’abakristu iyo bazirimo, bagera hanze aho batuye mu midugudu bagahinduka. Bagakora
Huye: Abarobyi b’abantu bateguye igiterane cyatumiwemo amatsinda y’abaramyi akomeye
Ubyobozi bw’itorero El-SHADAI REVIVAL CHURCH/ Huye bufatanyije n’itsinda ry’abaramyi rya El-Shadaï Worship Team bateguye igiterane mu mpera z’iki cyumweru kuva kuwa gatanu tariki 16/09/2022 kugera
Amayobera ku rupfu rw’umuhanzikazi Gisèle Precious wasize uruhinja
Umuramyi Nsabimana Gisèle Precious, amakuru yurupfu rwe yamenyekanye binyuze ku nshuti ze zahafi, zibinyujeje ku mbuga nkoranyambaga mu masaha yo kuri uyu mugoroba tariki ya
Mozambique: Bosebabireba wigeze gukubitwa ishyiga mu mutwe yakwese inkweto za tahashi
Umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana UWIRINGIYIMANA Théogene (Bosebabireba) wabayeho mu buzima bwo kutabana n’ababyeyi bombi agakurira mu buzima bubi, ubu ari mu gihugu cya Mozambique