Umubikira wo mu gihugi cy’ubufaransa wari ukuze kurusha abandi ku isi yapfuye ku myaka 118. Akigera mu bihaye Imana Lucile Randon,byahise afata izina rya Sister
Category: Iyobokamana
Uganda: Pasiteri n’abapolisi batatu batawe muri yombi
Muri Uganda haravugwa inkuru y’ifatwa kungufu ry’umugore, wabikorewe ubwo yari agiye kuri Polisi gutanga ikirego cy’ubwambuzi yakorewe n’uwiyita umukozi w’Imana. Amakuru avuga ko uyu mugore
Bugesera: Guverineri Gasana yitabiriye amasengesho y’abapasiteri abasaba kutaba ibirura
Mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Uburasirazuba, habereye amasengesho yateguwe n’ihuriro ry’amadini n’amatorero (RIC) yitabiriwe n’abayobozi barimo Meya, Guverineri, n’umwigisha w’ijambo ry’Imana umenyerewe cyane Rev.
ADEPR-Matyazo: Chorale yo ku Nkombo yatanze umukoro mu giterane cyanatangiwemo serivisi z’ubuvuzi
Chorale yo ku Nkombo yitwa “Intumwa zidacogora” yo mu itorero rya ADEPR, Ururembo rwa Gihundwe mu Karere ka Rusizi yatumiwe muri Paruwasi ya ADEPR Matyazo,
ADEPR Save: Abasaga 250 babyaye imburagihe babwiwe amagambo abomora ibikomere banahabwa ubufasha burimo n’amafaranga
Ubuyobozi bw’itorero rya ADEPR-Save riherereye mu Karere ka Gisagara mu Rurembo rwa Huye bufatanyije n’ubw’inzego z’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze, n’iz’umutekano, bahurije hamwe abagera kuri 250 babawira
Bishop Masengo Fidele umwe mu mpamvu yateje umwuka mubi watumye umuhanzi Vedaste N Christian ahagarikwa muri ADEPR
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Vedaste N Christian, uteranira muri ADEPR Murambi yahagaritswe n’itorero rya ADEPR, bikaba bibaye nyuma y’umwuka mubi wagiye ututumba mbere y’uko akora
Cardinal Kambanda yasimbuye Musenyeri Philippe Rukamba ku buyobozi bw’inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda
Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yatorewe kuba Prezida w’Inama nkuru y’Abepiskopi gatolika mu Rwanda asimbuye Musenyeri Philippe Rukamba, Umwepiskopi wa Diyosezi ya
Musanze: Uko Chorale Urukundo yatumiye Chorale Iriba mu ivugabutumwa ikayisanganiza ibisitaza imitima ya bamwe igakomereka
Ku Itorero rya ADEPR Muhoza riherereye mu Mujyi wa Musanze kuri uyu wa Gatandatu no Kucyumweru taliki ya 26-27/11/2022 habereye igitaramo cyateguwe na Chorale Urukundo
Nyanza: EAR Paruwasi Bugina yatangije umushinga witezweho kugabanya abapfa babyara n’abapfa bavuka
Mu Karere ka Nyanza, itorero rya EAR Paruwasi Bugina riherereye mu Murenge wa Muyira rikoreraho umushinga RW0378 uterwa inkunga na Compassion Internationale, ryatangije umushinga witwa
Chorale Iriba igiye gutaramira i Musanze mu ivugabutumwa rizagaragaramo ubuhamya bw’imirimo y’Imana
Chorale Iriba isanzwe ibarizwa mu Itorero rya ADEPR, Ururembo rwa Huye muri Paruwasi ya Taba mu Mujyi wa Huye, yamaze gutangaza ko kuwa 26 Ugushyingo