Mu karere ka Ruhango, mu Murenge wa ntongwe ku itorero rya UEBR Gikoma, imiryango y’abakristu 41 y’abanaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko yafashijwe gusezerana imbere y’amategeko,
Category: Iyobokamana
Riziki Chantal yakebuye bamwe mu bagabo batakibwira abagore babo amagambo asize umunyu
Umuvugabutumwa Riziki Chantal, abinyujije ku muyoboro we wa You Tube yakebuye bamwe mu bagabo batakibwira amagabo asize umunyu abagore babo, bagahitabo kuyabwira abana b’abakobwa, bakabagurira
Gatsibo: Muri Kiliziya hibwemo iby’agaciro gasaga miliyoni imwe birimo n’inkongoro ya Padiri
Amakuru ava mu karere ka Gatsibo yatanzwe na bamwe mu baturage barimo n’abahereza, ni ay’uko muri Paruwasi ya Kiziguro mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira
Ibiyobyabwenge byangize igicamuke-Uwari umufana wa Rayons Sport Rasta GACUMA n’akungo k’umuriro yavuyemo umuvugabutumwa
Uwahoze ari umufana w’ikipe ya Rayons Sport Jules HAKORIMANA bitaga Rasta Gacuma, nyuma yo kureka ibiyobyabwenge asigaye ari umuvugavutumwa mu ijambo ry’Imana, akanatanga ubuhamya bw’uko
N’ubwo mbatega amatwi ntabwo mbemera-Perezida Kagame yavuze ku bamutumwaho n’Imana
Perezida w’u Rwanda Paul KAGAME, ari kumwe na Madamu we Jeannette Kagame kuri yu wa gatanu muri Intare Conference Arena yayoboye inama ya Biro Politiki
Nyamagabe: Chorale Isezerano iheruka gukora amateka muri Kigali ihagarukanye imbaraga
Chorale Isezerano, yo mu itorero rya ADEPR, Ururembo rwa Huye ku itorero rya Sumba mu Karere ka Nyamagabe, mu rwego rwo kwitegura urugendo rw’ivugabutumwa yitegura
Minisitiri Bayisenge yasabye abanyamadini kugira uruhare mu iterambere ry’umugorewo mu cyaro
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof BAYISENGE Jeannette yagaraje ko abanyamadini n’amatorero bakwiye kugira uruhare rugaragara mu iterambere n’imibereho by’umugore wo mu cyaro bifashishije imbaraga bafite
Bishop Souzane yagaragaje ifuhe ry’Imana ku bakora divorce n’abashinga ingo bakurikiye ubutunzi
Umukozi w’Imana Bishop Birakwiye Souzane Violette uyobora itorero rya Revelation Family of God (Iyerekwa ry’Umuryango w’Imana) rikorera muri Kigali, yagaragaje ko muri iki gihe ababazwa
Iyo udafite umwuka wera satani akurya nk’ubugari-Pasiteri Antoine Rutayisire
Pasiteri Dr Antoine Rutayisire yagaragaje ko iyo umukristo adafite umwuka wera ntacyo aba ari cyo, ku buryo Satani amushukashuka akamurya nk’urya ubugari n’isosi. Pasiteri Rutayisire,
Warakoze kuntoza gusenga-Meddy mu kiniga yandikiye umubyeyi we watabarutse
Umuhanzi Ngabo Medard Jobert wamenyekanye ku izina rya “Meddy” nyuma y’amezi abiri abuze mama we umubyara abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yanditse ubutumwa bukubiyemo ubuzima yabanyemo