Papa Fransisiko akigera I Roma yagiye muri Basilika yitiriwe Mutagatifu Mariya gushimira Bikira Mariya kuba yaramurinze mu rugendo rwe rwa gishumba rwasojwe muri Kazakistani. Nkuko
Category: Amakuru
Kiliziya ya Saint Famille n’iy’i Save zubatswe ku gahato bakubitwa ibiboko-Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene
Minisitiri muri Minisiteri y’Ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano y’uburere mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascene yagaragaje ko abakoroni bafatanyije nabamisiyoneri b’abazungu bagize uruhare mu gutanya abanyarwanda, babinyujije mu
Umukristu mu rusengero abe n’umuturage mwiza mu mudugudu-Guverineri Kayitesi
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Mme Kayitesi Alice, yahaye umukoro ba micomyiza bo mu nsegero bagaragara nk’abakristu iyo bazirimo, bagera hanze aho batuye mu midugudu bagahinduka. Bagakora
Huye: Abarobyi b’abantu bateguye igiterane cyatumiwemo amatsinda y’abaramyi akomeye
Ubyobozi bw’itorero El-SHADAI REVIVAL CHURCH/ Huye bufatanyije n’itsinda ry’abaramyi rya El-Shadaï Worship Team bateguye igiterane mu mpera z’iki cyumweru kuva kuwa gatanu tariki 16/09/2022 kugera
Ese umusamaliya mwiza nti yaba akenewe mu kibazo cy’abana bo mu muhanda?
Mu mahuriro y’imihanda mu Rwanda, hakunze kugaragara ikibazo cy’abana bo mu muhanda, ndetse leta ikanashyiraho ingamba zitandukanye mu kuhabakura ariko bakanga bakiyongera aho kugabanuka ugendeye
Amayobera ku rupfu rw’umuhanzikazi Gisèle Precious wasize uruhinja
Umuramyi Nsabimana Gisèle Precious, amakuru yurupfu rwe yamenyekanye binyuze ku nshuti ze zahafi, zibinyujeje ku mbuga nkoranyambaga mu masaha yo kuri uyu mugoroba tariki ya
PAPA YAGIRANYE IBIGANIRO N’ABAYOBOZI B’INZEGO BWITE ZA LETA MURI KAZAKISITANI ABASABA GUHUZA AMATEKA YABO Y’AHAHISE N’AY’UBU
Mu rugendo rwa gishumba Papa Fransisiko arimo muri Kazakistani ku gicamunsi cy’ejo kuwa kabiri taliki ya 13 09 2022,yabonanye n’abayobozi b’inzego bwite za Leta ndetse
Ruhango -Uburezi : Abasoje amasomo muri Kaminuza ya Gitwe basabwe kudatabika italanto zabo
Muri Bibiliya mu gitabo cya Luka 19.11-27 hagaragaramo umugani w’abagaragu bahawe italanto na shebuja, bamwe bazikoresha neza undi umwe ahisha italanto ye mu butaka ariko
Kenya : Afite Igitabo cya Bibiliya mu ntoki “William Ruto” yarahiriye kuba umukuru w’igihugu
Umukuru w’igihugu mushyashya yarahiye indahiro ebyiri arahizwa n’umwanditsi mukuru w’ubucamanza.Afite Bibiriya mu ntoki, William Ruto w’imyaka 55, Umukuru w’igihugu mushyashya wa Kenya Uyu mugabo w’imyaka
Nyaruguru-Munini: Bamwe mu batujwe mu mudugudu w’ikitegererezo bahangayikishijwe no kuba mu kizima
Mu Karere ka Nyaruguru bamwe mu baheruka gutuzwa mu mudugudu w’ikitegererezo wa Munini kuwa 04 Nyakanga 2022, baravuga ko babangamiwe no kutagira amikoro yo kugura