Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof BAYISENGE Jeannette yagaraje ko abanyamadini n’amatorero bakwiye kugira uruhare rugaragara mu iterambere n’imibereho by’umugore wo mu cyaro bifashishije imbaraga bafite
Category: Amakuru
Bishop Souzane yagaragaje ifuhe ry’Imana ku bakora divorce n’abashinga ingo bakurikiye ubutunzi
Umukozi w’Imana Bishop Birakwiye Souzane Violette uyobora itorero rya Revelation Family of God (Iyerekwa ry’Umuryango w’Imana) rikorera muri Kigali, yagaragaje ko muri iki gihe ababazwa
Iyo udafite umwuka wera satani akurya nk’ubugari-Pasiteri Antoine Rutayisire
Pasiteri Dr Antoine Rutayisire yagaragaje ko iyo umukristo adafite umwuka wera ntacyo aba ari cyo, ku buryo Satani amushukashuka akamurya nk’urya ubugari n’isosi. Pasiteri Rutayisire,
Warakoze kuntoza gusenga-Meddy mu kiniga yandikiye umubyeyi we watabarutse
Umuhanzi Ngabo Medard Jobert wamenyekanye ku izina rya “Meddy” nyuma y’amezi abiri abuze mama we umubyara abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yanditse ubutumwa bukubiyemo ubuzima yabanyemo
Bamwe mu bimukira basanga u Rwanda rwarababereye igihugu cy’umugisha amata n’ubuki
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) yagaragaje ko mu bimukira n’abasaba ubuhunzi 1,279 u Rwanda rwakiriye kuva mu 2019 bamaze kubona ibihugu bibakira birimo iby’i Burayi,
Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati
Pasiteri Peter Musisi akaba umuyobozi mukuru w’itorero The Holy Living Church Of Christ yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati, ngo abitewe n’ibintu bitatu aribyo
Ruhango: Imfu za hato na hato mu mboni y’ubuyobozi na Bibiliya
Mu karere ka Ruhango, ubuyobozi bwagaragaje ko kuba hakunze kumvikana imfu za hato na hato mu baturage, bibabaje kandi mu bufatanye bw’inzego zitandukanye bari gukora
Imana ikunda umuntu ariko ikanga icyaha cye n’ububi bwe-Cardinal Kambanda
Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali, Antoine Cardinal Kambanda yasuye abagororwa bo muri Gereza ya Mageragere, ayobora igitambo cya misa kizihirijwemo umunsi mukuru wa Mutagatifu Tereza
Umupasiteri usambana aba ari urupasiteri-Umuhanuzi Riziki Chantal
Umuvugabutumwa akaba n’umuhanuzi Riziki Chantal abinyujije ku muyoboro we wa Youtube, yabwiye abantu ubutumwa bukomeye buboneka mu gitabo cya Hoseya 8:1-5 hagira hati:”shyira impanda mu
Huye: Kubabarira karindwi inshuro mirongo irindwi karindwi bimaze gutanga umusaruro mu bumwe n’ubwiyunge
Mu karere ka Huye bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi baravuga ko bamaze kwimika muri bo umuco wo kubabarira karindwi inshuro mirongo irindwi karindwi ababiciye