Chorale Isezerano, yo mu itorero rya ADEPR, Ururembo rwa Huye ku itorero rya Sumba mu Karere ka Nyamagabe, mu rwego rwo kwitegura urugendo rw’ivugabutumwa yitegura
Category: Amakuru
Burundi: Ya mvura basabye Imana yaguye mu gihugu hose Perezida atanga ishimwe
Mu gihugu cy’u Burundi, Guverineri yari aherutse gusaba abaturage gusengera imvura imaze yari imaze igihe itagwa, none imvura iri kugwa mu gihugu hose. Umuyobozi wari
Nigeria: Umukwe yabengeye umugeni mu rusengero nyuma yo gusanga yaramwihishemo
Mu gihugu cya Nigeria, umukwe yabengeye umugeni ku rusengero, ubwo bari bagiye gusezerana kubana akaramata imbere y’Imana, nyuma yo gusanga yaramuhishe ko afite asanzwe ari
Rayons Sport imeze nka zingalo imbere ya Kiyovu Sport-Umukristu Kazungu Claver
Umunyamakuru wa Radiyo na Televiziyo 10, mu kiganiro cy’imikino kitwa “Urukiko rw’imikino”, akaba n’umukristu w’itorero rya ADEPR usengera cyane ahitwa mu Rugando, yanenze bikomeye imyitwarire
Minisitiri Bayisenge yasabye abanyamadini kugira uruhare mu iterambere ry’umugorewo mu cyaro
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof BAYISENGE Jeannette yagaraje ko abanyamadini n’amatorero bakwiye kugira uruhare rugaragara mu iterambere n’imibereho by’umugore wo mu cyaro bifashishije imbaraga bafite
Bishop Souzane yagaragaje ifuhe ry’Imana ku bakora divorce n’abashinga ingo bakurikiye ubutunzi
Umukozi w’Imana Bishop Birakwiye Souzane Violette uyobora itorero rya Revelation Family of God (Iyerekwa ry’Umuryango w’Imana) rikorera muri Kigali, yagaragaje ko muri iki gihe ababazwa
Iyo udafite umwuka wera satani akurya nk’ubugari-Pasiteri Antoine Rutayisire
Pasiteri Dr Antoine Rutayisire yagaragaje ko iyo umukristo adafite umwuka wera ntacyo aba ari cyo, ku buryo Satani amushukashuka akamurya nk’urya ubugari n’isosi. Pasiteri Rutayisire,
Warakoze kuntoza gusenga-Meddy mu kiniga yandikiye umubyeyi we watabarutse
Umuhanzi Ngabo Medard Jobert wamenyekanye ku izina rya “Meddy” nyuma y’amezi abiri abuze mama we umubyara abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yanditse ubutumwa bukubiyemo ubuzima yabanyemo
Bamwe mu bimukira basanga u Rwanda rwarababereye igihugu cy’umugisha amata n’ubuki
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) yagaragaje ko mu bimukira n’abasaba ubuhunzi 1,279 u Rwanda rwakiriye kuva mu 2019 bamaze kubona ibihugu bibakira birimo iby’i Burayi,
Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati
Pasiteri Peter Musisi akaba umuyobozi mukuru w’itorero The Holy Living Church Of Christ yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati, ngo abitewe n’ibintu bitatu aribyo