Iki gitaramo abakunzi be bamuteguriye, cyiswe “An Evening Memory of Gisèle Precious” kikaba kiri buze kubera kuri Dove Hotel ku Gisozi, kuri iki Cyumweru tariki
Category: Amakuru
Ruhango/UEBR Gikoma: Imiryango y’abakristu 41 yafashijwe gusezerana imbere y’amategeko isabwa kuba umunyu w’Isi
Mu karere ka Ruhango, mu Murenge wa ntongwe ku itorero rya UEBR Gikoma, imiryango y’abakristu 41 y’abanaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko yafashijwe gusezerana imbere y’amategeko,
Gatsibo: Muri Kiliziya hibwemo iby’agaciro gasaga miliyoni imwe birimo n’inkongoro ya Padiri
Amakuru ava mu karere ka Gatsibo yatanzwe na bamwe mu baturage barimo n’abahereza, ni ay’uko muri Paruwasi ya Kiziguro mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira
Ruhango: Murwanashyaka warenze ku itegeko ry’Imana rya gatandatu yakatiwe gufungwa burundu
Murwanashyaka Charles akomoka mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango. Aherutse kurenga ku itegeko ry’Imana rya gatandatu yica umugore we Yankurije Vestine, Urukiko Rwisumbuye
Umuramyi Travis Greene witabiriye irahira rya Donald Trump ategerejwe i Kigali mu gitaramo
Uyu muramyi witabiriye umuhango w’irahira rya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika “Donald Tump” mu 2017 akanaririmba indirimbo “Intentional” agiye kuza i Kigali muri
Ibiyobyabwenge byangize igicamuke-Uwari umufana wa Rayons Sport Rasta GACUMA n’akungo k’umuriro yavuyemo umuvugabutumwa
Uwahoze ari umufana w’ikipe ya Rayons Sport Jules HAKORIMANA bitaga Rasta Gacuma, nyuma yo kureka ibiyobyabwenge asigaye ari umuvugavutumwa mu ijambo ry’Imana, akanatanga ubuhamya bw’uko
Imikino y’ubufindo nk’ubwakorewe ku ikanzu y’umwana w’Imana yahagaritswe by’agateganyo
Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda mu Rwanda, ibinyujije mu itangazo, yaharitse by’agateganyo impushya zari zaratanzwe ku mikino y’amahirwe, hakoreshejwe imashini zijyamo ibiceri (slot machines) ku butaka bw’u
Ruhango/Gitwe: Mu ishuri ry’abadivantisiti abanyeshuri bakoze igisa n’imyagaragambyo
Bamwe mu banyeshuri biga mu ishuri ryisumbuye ry’abadivantisiti b’umunsi wa karindwi ry’i Gitwe rizwi nka ESAPAG bakoze igisa n’imyigaragambyo nyuma y’uko uwari umuyobozi waryo asimburijwe
N’ubwo mbatega amatwi ntabwo mbemera-Perezida Kagame yavuze ku bamutumwaho n’Imana
Perezida w’u Rwanda Paul KAGAME, ari kumwe na Madamu we Jeannette Kagame kuri yu wa gatanu muri Intare Conference Arena yayoboye inama ya Biro Politiki
Nyarugenge: Yiyambuye ubugingo nka Yuda nyuma yo gukeka ko umugore we amuca inyuma
Umugabo wari utuye mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge yasanzwe yimanitse mu mugozi w’inzitiramibu abaturage bakavuga ko yaba yabitewe n’umugore we umuca inyuma.