Kuri iki cyumweru, mu karere ka Nyanza habereye igitaramo kiswe Nyanza shima Imana, cyateguwe hagamijwe guhimira Imana ibyo yakoreye abaturage b’Akarere ka Nyanza bikubiye mu
Category: Inkuru Rusange
Abayobozi b’amadinini n’amatorero biyemeje kwenyegeza ibikorwa byo gukingira COVID-19 abana
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, yahurije hamwe abayobozi b’amadini n’amatorero , ibasaba kugira uruhare mu bikorwa byo gushyigikira ko abana bakingirwa icyorezo cya Covid-19. Iyi nama,
Minisitiri Dr Bizimana yasabye urubyiruko kugira imyitwarire ishingiye kuri Bibiliya
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yabwiye urubyiruko rwari rumaze iminsi mu itorero ry’Inkomezamihigo mu karere ka Huye ko, rukwiye kugira imyitwarire
Umukristo wa Noble Family church yagaragaye mu masiganwa y’imodoka yafunguwe na Minisitiri Munyangaju
Miss Kalimpinya usanzwe usengera mu itorero “Women Foundation Ministries & Noble Family church” yagaragaye muri Mountain Gorilla Rally 2022 iri gukinwa ku nshuro ya 22
Vava dore imbogo yakoranye indirimbo n’umwana muto yibutsa abantu urukundo rw’Imana
Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye cyane binyuze ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku muyoboro wa YouTube mu ndirimbo ye ‘Dore imbogo dore impala, Huhhh, Huhhhhhhh yamaze gukorana n’umwana
Ubuzima/ Ibitaro bya CHUB byaroje abaturage inka 441 babigereranya no kuva ku kidendezi
Mu karere ka Huye, mu bihe bitandukanye, abaganga n’abakozi b’ibitaro bikuru bya Kaminuza bya Butare (CHUB) boroje abaturage inka 441 zibakura mu bukene, babigereranya no
Huye/ADEPR-Cyarwa: Bambitse inkweto banagaburira abana 30 bo mu muhanda biyemeza gusubira mu miryango
Itorero rya ADEPR Paruwasi ya Cyarwa, mu itorero rya ADEPR Cyarwa-SUMO, rikorera mu Murenge wa Tumba ugaragaramo abana bo mu muhanda ribinyujije ku itsinda ry’ABARAGWA
Kiliziya ya Saint Famille n’iy’i Save zubatswe ku gahato bakubitwa ibiboko-Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene
Minisitiri muri Minisiteri y’Ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano y’uburere mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascene yagaragaje ko abakoroni bafatanyije nabamisiyoneri b’abazungu bagize uruhare mu gutanya abanyarwanda, babinyujije mu
Amayobera ku rupfu rw’umuhanzikazi Gisèle Precious wasize uruhinja
Umuramyi Nsabimana Gisèle Precious, amakuru yurupfu rwe yamenyekanye binyuze ku nshuti ze zahafi, zibinyujeje ku mbuga nkoranyambaga mu masaha yo kuri uyu mugoroba tariki ya
Mozambique: Bosebabireba wigeze gukubitwa ishyiga mu mutwe yakwese inkweto za tahashi
Umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana UWIRINGIYIMANA Théogene (Bosebabireba) wabayeho mu buzima bwo kutabana n’ababyeyi bombi agakurira mu buzima bubi, ubu ari mu gihugu cya Mozambique