Ibiro bishinzwe Itangazamakuru i Vatican mu biro bya Papa, byatangaje igihe umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi, Nyirubutungane Papa Francis azakorera ingendo z’iyogezabutumwa muri RDC
Category: Inkuru Rusange
Cardinal Kambanda yasimbuye Musenyeri Philippe Rukamba ku buyobozi bw’inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda
Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yatorewe kuba Prezida w’Inama nkuru y’Abepiskopi gatolika mu Rwanda asimbuye Musenyeri Philippe Rukamba, Umwepiskopi wa Diyosezi ya
Musanze: Uko Chorale Urukundo yatumiye Chorale Iriba mu ivugabutumwa ikayisanganiza ibisitaza imitima ya bamwe igakomereka
Ku Itorero rya ADEPR Muhoza riherereye mu Mujyi wa Musanze kuri uyu wa Gatandatu no Kucyumweru taliki ya 26-27/11/2022 habereye igitaramo cyateguwe na Chorale Urukundo
Nyanza: EAR Paruwasi Bugina yatangije umushinga witezweho kugabanya abapfa babyara n’abapfa bavuka
Mu Karere ka Nyanza, itorero rya EAR Paruwasi Bugina riherereye mu Murenge wa Muyira rikoreraho umushinga RW0378 uterwa inkunga na Compassion Internationale, ryatangije umushinga witwa
Chorale Iriba igiye gutaramira i Musanze mu ivugabutumwa rizagaragaramo ubuhamya bw’imirimo y’Imana
Chorale Iriba isanzwe ibarizwa mu Itorero rya ADEPR, Ururembo rwa Huye muri Paruwasi ya Taba mu Mujyi wa Huye, yamaze gutangaza ko kuwa 26 Ugushyingo
Ishyaka rya PL ryatunguwe n’imyitwarire y’umuyoboke waryo wavuzweho kunywa Vino ikamukubaganisha
Ubuyobozi bw’ishyaka rya PL (Parti Liberal) riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu, ryatangaje ko ryatunguwe n’umuyoboke waryo wari usanzwe ari umudepite mu Nteko ishinga amategeo
Minisitiri w’intebe yasabye amadini n’amatorero gukemura ibibazo bibangamiye imibereho y’abaturage
Minisitiri w’intebe Dr Ngirente Edouard yitabiriye ibirori byo kwizihiza Yubile y’imyaka 25, Umushumba wa Kiliziya Gagolika Diyosezi ya Butare Musenyeri Filipo Rukamba amaze arobanuriwe kuyiyobora.
Nyamagabe: Icyo ubuyobozi buri gukora ku bakizana ibisitaza mu mitima y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
Mu Karere ka Nyamagabe, bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi, baravuga ko hakiri bamwe mu baturage bakizana ibisitaza imbere yabo by’umwihariko mu mutima, bikabakomeretsa nko
Mu mbamutima nyinshi abakunzi ba Gisèle Precious bamuteguriye igitaramo cyo kumwibuka kiranamurikirwamo album yasize
Iki gitaramo abakunzi be bamuteguriye, cyiswe “An Evening Memory of Gisèle Precious” kikaba kiri buze kubera kuri Dove Hotel ku Gisozi, kuri iki Cyumweru tariki
Ruhango/UEBR Gikoma: Imiryango y’abakristu 41 yafashijwe gusezerana imbere y’amategeko isabwa kuba umunyu w’Isi
Mu karere ka Ruhango, mu Murenge wa ntongwe ku itorero rya UEBR Gikoma, imiryango y’abakristu 41 y’abanaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko yafashijwe gusezerana imbere y’amategeko,