Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yabwiye urubyiruko rwari rumaze iminsi mu itorero ry’Inkomezamihigo mu karere ka Huye ko, rukwiye kugira imyitwarire
Author: Yanditswe na ALI Gilbert Dunia
Papa arashimira Umubyeyi Bikira Mariya wamubayehafi mu ruzinduko yagiriye muri Kazakistani
Papa Fransisiko akigera I Roma yagiye muri Basilika yitiriwe Mutagatifu Mariya gushimira Bikira Mariya kuba yaramurinze mu rugendo rwe rwa gishumba rwasojwe muri Kazakistani. Nkuko
PAPA YAGIRANYE IBIGANIRO N’ABAYOBOZI B’INZEGO BWITE ZA LETA MURI KAZAKISITANI ABASABA GUHUZA AMATEKA YABO Y’AHAHISE N’AY’UBU
Mu rugendo rwa gishumba Papa Fransisiko arimo muri Kazakistani ku gicamunsi cy’ejo kuwa kabiri taliki ya 13 09 2022,yabonanye n’abayobozi b’inzego bwite za Leta ndetse
Kenya : Afite Igitabo cya Bibiliya mu ntoki “William Ruto” yarahiriye kuba umukuru w’igihugu
Umukuru w’igihugu mushyashya yarahiye indahiro ebyiri arahizwa n’umwanditsi mukuru w’ubucamanza.Afite Bibiriya mu ntoki, William Ruto w’imyaka 55, Umukuru w’igihugu mushyashya wa Kenya Uyu mugabo w’imyaka
Dore uko wahangana n’agahinda ko gupfusha
Ese uherutse gupfusha incuti yawe cyangwa mwene wanyu? Niba byarakubayeho iyi ngingo iragufasha kwihanganira agahinda gaterwa no kubura uwawe. Ese nkabya kugaragaza agahinda? Abantu benshi
Kuki gusoma ari by’ingenzi ku bana?
Ese iyo abana bawe bari kuruhuka ni iki bakunda gukora: bareba videwo cyangwa basoma ibitabo? None se hagati ya terefone zigezweho n’ibitabo ni iki bakunda
Ku cyumweru, mundamutso ya Marayika mu mujyi wa Aquila, Papa Francis yasabiye abaturage ba Pakisitani bibasiwe n’umwuzure ukabije
Hari mugitambo cy’Ukaristiya ku cyumweru, imbere ya Basilika yitiriwe Mutagatifu Mariya i Collemaggio muri Aquila, Papa Fransisiko yashimiye abantu bose, barimo abayobozi bo munzego bwite
Umuyobozi wa Caritas ya Pakisitani, Arkiyepiskopi Benny Travas wa Arikidiyosezi ya Karachi, na Musenyeri Samson Shukardin wa Diyosezi ya Hyderabad, barasaba ko habaho ubufatanye ku kibazo cy’imyuzure yatewe n’imvura ikabije yibasiye igihugu cya Pakisitani.
Ibi babisabye Mu gihe umubare w’abahitanwa n’imyuzure yatewe n’imvura nyinshi muri Pakisitani ukomeje kwiyongera kuko umaze kurenga 1.000, ni mugihe na Guverinoma itangaza ko ari
PAPA YIHANGANISHIJE UMURYANGO WA MIKHAIL GORBACHEV
Papa Francis yohereje ubutumwa bw’akababaro ku muryango wa Mikhail Gorbachev nyuma y’urupfu rwe. Niwe perezida wa nyuma wayoboye Leta zunzubumwe z’Abasoviyeti, akaba yitabye imana afite
Rwatubyaye Abdul ateye umugongo AS Kigali na Kiyovu Asinyira Rayon Sports
Rwatubyaye Abdul wifuzwaga na AS Kigali na Kiyovu Sports ateye umugongo aya makipe yombi asinyira ikipe ya Rayon Sports nyuma y’imyaka 3 imugurishije . Mu