Muri raporo yagejejwe kuri World Council of the Churches (WCC),ivuga ko abakristo baba ku butaka butagatifu i Yerusalemu bakomeje kugirirwa nabi n’abahezanguni bo mu idini
Author: Yanditswe na ALI Gilbert Dunia
Igihugu cya Ukraine cyimuye italiki ya Noheli
Umunsi mukuru wa Noheli mu gihugu cya Ukraine wabaga ku italiki ya 7 Mutarama wimuwe ushyirwa ku italiki ya 25 Ukuboza mu rwego rwo kwirukana
Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ikizami cya Leta hari icyo basaba NESA
Bamwe mu banyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ibizami bya Leta, barasaba Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA)kuzabongerera igihe cyo gukora ibizami kuko badakoresha umuvuduko
Mbappé yasabye ko urugomo mu Bufaransa ruhagarara
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa Kylian Mbappé avuga ko “urugomo rugomba guhagarara”, mu gihe imyigaragambyo yibasiye iki gihugu nyuma y’urupfu rw’umuhungu warashwe na polisi. Kuva Nahel
Papa Francis yamaganye ibikorwa byo gutwika Quran muri Suède
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yamaganye ibikorwa byo gutwika Quran muri Suède, avuga ko uburenganzira n’ubwisanzure bitagomba kubangamira abandi. Ni mu kiganiro
Ni iki kihishe inyuma yo kutumvikana ku mushinga wa Liliane Kabaganza ,Rose Muhanda na William Yilima
Ni kenshi cyane hakunze kumvikana ko umuhanzi Liliane Kabaganza agiye gusohora indirimbo ari kumwe n’abahanzi batandukanye, kandi bafite izina . Abanyarwanda bakomeje gutegereza baraheba .
Bidatinze umuryango wa Papy Clever ,Israel Mbonyi , n’umuryango wa James na Daniella bagiye gutura hanze y’u Rwanda.
Bamwe mubarebera ibintu ahirengeye mu muziki wo guhimbaza Imana hano mu Rwanda baravuga ko mu myaka 2 iri imbere umuziki wa Gospel mu Rwanda ugiye
Bishop Masengo Fidele umwe mu mpamvu yateje umwuka mubi watumye umuhanzi Vedaste N Christian ahagarikwa muri ADEPR
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Vedaste N Christian, uteranira muri ADEPR Murambi yahagaritswe n’itorero rya ADEPR, bikaba bibaye nyuma y’umwuka mubi wagiye ututumba mbere y’uko akora
Minisitiri Bayisenge yasabye abanyamadini kugira uruhare mu iterambere ry’umugorewo mu cyaro
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof BAYISENGE Jeannette yagaraje ko abanyamadini n’amatorero bakwiye kugira uruhare rugaragara mu iterambere n’imibereho by’umugore wo mu cyaro bifashishije imbaraga bafite
Ikinyamakuru BWIZA MEDIA kibifashijwemo n’abarimu b’inzobere cyatangiye kwigisha amasomo ya Multimedia arimo gutunganya amashusho ,amajwi ndetse n’inyandiko.
Ikinyamakuru BWIZA MEDIA kibifashijwemo n’abarimu b’inzobere cyatangiye kwigisha amasomo ya Multimedia arimo gutunganya amashusho (videwo n’amafoto), amajwi ndetse n’inyandiko. Amasomo yose yigishwa ni akurikira: Introduction