Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yamaganye ibikorwa byo gutwika Quran muri Suède, avuga ko uburenganzira n’ubwisanzure bitagomba kubangamira abandi. Ni mu kiganiro
Author: Yanditswe na ALI Gilbert Dunia
Ni iki kihishe inyuma yo kutumvikana ku mushinga wa Liliane Kabaganza ,Rose Muhanda na William Yilima
Ni kenshi cyane hakunze kumvikana ko umuhanzi Liliane Kabaganza agiye gusohora indirimbo ari kumwe n’abahanzi batandukanye, kandi bafite izina . Abanyarwanda bakomeje gutegereza baraheba .
Bidatinze umuryango wa Papy Clever ,Israel Mbonyi , n’umuryango wa James na Daniella bagiye gutura hanze y’u Rwanda.
Bamwe mubarebera ibintu ahirengeye mu muziki wo guhimbaza Imana hano mu Rwanda baravuga ko mu myaka 2 iri imbere umuziki wa Gospel mu Rwanda ugiye
Bishop Masengo Fidele umwe mu mpamvu yateje umwuka mubi watumye umuhanzi Vedaste N Christian ahagarikwa muri ADEPR
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Vedaste N Christian, uteranira muri ADEPR Murambi yahagaritswe n’itorero rya ADEPR, bikaba bibaye nyuma y’umwuka mubi wagiye ututumba mbere y’uko akora
Minisitiri Bayisenge yasabye abanyamadini kugira uruhare mu iterambere ry’umugorewo mu cyaro
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof BAYISENGE Jeannette yagaraje ko abanyamadini n’amatorero bakwiye kugira uruhare rugaragara mu iterambere n’imibereho by’umugore wo mu cyaro bifashishije imbaraga bafite
Ikinyamakuru BWIZA MEDIA kibifashijwemo n’abarimu b’inzobere cyatangiye kwigisha amasomo ya Multimedia arimo gutunganya amashusho ,amajwi ndetse n’inyandiko.
Ikinyamakuru BWIZA MEDIA kibifashijwemo n’abarimu b’inzobere cyatangiye kwigisha amasomo ya Multimedia arimo gutunganya amashusho (videwo n’amafoto), amajwi ndetse n’inyandiko. Amasomo yose yigishwa ni akurikira: Introduction
Minisitiri Dr Bizimana yasabye urubyiruko kugira imyitwarire ishingiye kuri Bibiliya
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yabwiye urubyiruko rwari rumaze iminsi mu itorero ry’Inkomezamihigo mu karere ka Huye ko, rukwiye kugira imyitwarire
Papa arashimira Umubyeyi Bikira Mariya wamubayehafi mu ruzinduko yagiriye muri Kazakistani
Papa Fransisiko akigera I Roma yagiye muri Basilika yitiriwe Mutagatifu Mariya gushimira Bikira Mariya kuba yaramurinze mu rugendo rwe rwa gishumba rwasojwe muri Kazakistani. Nkuko
PAPA YAGIRANYE IBIGANIRO N’ABAYOBOZI B’INZEGO BWITE ZA LETA MURI KAZAKISITANI ABASABA GUHUZA AMATEKA YABO Y’AHAHISE N’AY’UBU
Mu rugendo rwa gishumba Papa Fransisiko arimo muri Kazakistani ku gicamunsi cy’ejo kuwa kabiri taliki ya 13 09 2022,yabonanye n’abayobozi b’inzego bwite za Leta ndetse
Kenya : Afite Igitabo cya Bibiliya mu ntoki “William Ruto” yarahiriye kuba umukuru w’igihugu
Umukuru w’igihugu mushyashya yarahiye indahiro ebyiri arahizwa n’umwanditsi mukuru w’ubucamanza.Afite Bibiriya mu ntoki, William Ruto w’imyaka 55, Umukuru w’igihugu mushyashya wa Kenya Uyu mugabo w’imyaka