Nyuma y’iminsi havugwa ko Riderman yaba agiye kugera ikirenge mu cya bagenzi be bahoze baririmba indirimbo z’ubutumwa busanzwe bakaza guhindura icyerecyezo bakajya mu kuririmba indirimbo
Author: JIMMY Claude
Mu gihe akomeje gutegura bimwe mu bihangano bizagaragara kuri Album ye ya mbere ateganya kumurika mu mpera z’umwaka wa 2025,Gisèle IZERE yateguye igitaramo kigamije kuramya
Umuhanzi Eric Pisco asanga umuziki wo muri Kiliziya atari wo ukwiye gusigara inyuma mu gihe ibindi byose biri gutera imbere
Kuba isi igenda ihinduka uko bwije n’uko bukeye,ni imwe mu mpamvu asanga n’umuziki wo muri Kiliziya utagakwiye gusigara inyuma,ahubwo agashimangira ko kwisanisha n’isi turimo no
N’ubwo tugoswe n’amakuba impande zose,mu ijuru dufite Imana-Umuhanzi Elsa Cluz
Elsa Cluz uvuga ko ibihe abakriso bari kunyuramo agereranya nk’ishungurwa,ibyo ashingira ku kuba insengero nyinshi zifunze byaratumye bamwe mu bakristo basa n’abihugiyeho ndetse bamwe bakava
Théo Bosebabireba ufashe inzira ijya I Burundi ati”Sincibwa intege n’imigambi ya satani kuko iyampamagaye irusha byose imbaraga”.
Umuhanzi Théogène Uwiringiyimana bakunze kwita Théo Bosebabireba ubu yerekeje mu gihugu cy’u Burundi mu biterane azakomereza no mu Bugande akabisoreza mu Rwanda. Yabwiye isezerano.com ko
Kurikiza izi ntambwe niba uri Umukristo wasubiye inyuma ukaba wifuza gusubira mu byizerwa
Umukristo wari warasubiye inyuma mu rugendo rw’umwuka aba akeneye kwiyubaka no gusubira mu murongo w’Imana mu rukundo, ukwizera, n’ibikorwa bihamye. Hari intambwe z’ingenzi ashobora gutera
Tonzi yamuritse igitabo yizera ko kizafasha abari mu bihe bitoroshye
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ku wa gatatu tariki 30 Nyakanga 2025, Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Uwitonze Clementine uzwi nka Tonzi yavuze ku
Yesu nta dini agira,abamwizera bose aduhamagarira kubana kivandimwe – Maranatha Family Choir
Mu gihe hamwe na hamwe usanga hari imwe mu myemerere ituma bitoroha kubona abasengera mu matorero atandukanye bisanga hamwe bakorana ivugabutumwa,Maranatha Family Choir yo ihamya
Guhuza urwenya n’ibyanditswe mbere ntibabyumvaga ariko ubu aho bigeze haratanga icyizere-Umunyarwenya Senegalais Umushumba
N’ubwo mu ntangiriro bitari byoroshye,Umunyarwenya Senegalais umaze kumenyekana ku izina ry’Umushumba muri comedie . Avuga ko ashimira Imana aho urwenya rumaze kugera bikaba umwihariko kuri
Habuze gato ngo True Promises icirwe ingando ku bw’ibihe byiza yagiranye n’ab’i Rubavu
Ni mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe n’itorero Zion Temple Celebration Center Rubavu,hisunzwe icyanditswe kiri muri Yesaya 60:1 hagira hati:”Byuka urabagirane kuko umucyo wawe uje, kandi ubwiza