Umukristo wari warasubiye inyuma mu rugendo rw’umwuka aba akeneye kwiyubaka no gusubira mu murongo w’Imana mu rukundo, ukwizera, n’ibikorwa bihamye. Hari intambwe z’ingenzi ashobora gutera
Category: Iyobokamana
“Gutoza abakiri bato umuco wo kwifata, ubusugi n’ubumanzi”ni umwe mu myanzuro 11 yafatiwe muri Diyosezi ya Nyundo
“Ntuzatoze, Ntuzemerere, Ntuzashyigikire ko umwana w’umwangavu agana serivise yo kuboneza urubyaro. Byaba ari ukumuroha no kumworeka mu busambanyi.” Uyu ni umwe mu myanzuro yafashwe nyuma
Mutekereze wa mwana watangiye kuboneza urubyaro afite imyaka 15, akagera igihe cyo gushaka amaze gukuramo inda inshuro zitabarika- Karidinali A. Kambanda
Nyiricyubahiro Antoni Karidinali Kambanda, Arikiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yavuze ko bibabaje kuba umuco wo gusambana no gukuramo inda
Prosper Nkomezi witegura kumurika album yashyize hanze indirimbo yakoranye na Israel Mbonyi
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi, yashyize hanze indirimbo yakoranye na Israel Mbonyi. N’indirimbo bise ‘Umusaraba’, izagaragara kuri album nshya ya Prosper
Ijambo ry’umunsi: Imana ntikurenganya, n’ubwo utabona igisubizo uyu munsi ,iracyari kumwe nawe.
Shalom Shalom , Bavandimwe. Uyu munsi turabasangiza ijambo ry’Imana rigamije kuduhumuriza , kudukomeza no kutwibutsa ko Imana iri kumwe natwe , n’ubwo twaba duhanganye n’ibikomeye,Reka
Tonzi yamuritse igitabo yizera ko kizafasha abari mu bihe bitoroshye
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ku wa gatatu tariki 30 Nyakanga 2025, Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Uwitonze Clementine uzwi nka Tonzi yavuze ku
Abakunze Makoma mu myaka irenga 20 mushonje muhishiwe
Amakuru aturuka kuri Nathalie ufatwa nk’inkingi ya mwamba mw’Itsinda Makoma, yemeza ko abari barigize bose bamaze kwishyira hamwe ngo bongere gukora indirimbo zihimbaza Imana. Mu
Mw’isengesho ry’ukwezi gushya, Apostle Gitwaza abona Gukomera kwa Yesu nk’igisubizo cy’Africa
Nkuko asanzwe abikora mu ntangiriro za buri kwezi, Umushumba mukuru w’Itorero rya Zion Temple ku isi, Intumwa y’Imana (Apostle) Dr Paul Gitwaza, yagaragaje ibintu bitandukanye
Yesu nta dini agira,abamwizera bose aduhamagarira kubana kivandimwe – Maranatha Family Choir
Mu gihe hamwe na hamwe usanga hari imwe mu myemerere ituma bitoroha kubona abasengera mu matorero atandukanye bisanga hamwe bakorana ivugabutumwa,Maranatha Family Choir yo ihamya
Guhuza urwenya n’ibyanditswe mbere ntibabyumvaga ariko ubu aho bigeze haratanga icyizere-Umunyarwenya Senegalais Umushumba
N’ubwo mu ntangiriro bitari byoroshye,Umunyarwenya Senegalais umaze kumenyekana ku izina ry’Umushumba muri comedie . Avuga ko ashimira Imana aho urwenya rumaze kugera bikaba umwihariko kuri