Ubushakashatsi bushya bwakozwe ku rwego rw’igihugu n’umuryango wa American Bible Society bwerekanye ko nubwo gusoma Bibiliya muri United States byagabanutse ugereranyije n’umwaka ushize, ubushake bwo
Author: Yanditswe na ALI Gilbert Dunia
Abayobozi b’Abakirisitu muri Nigeria basohoye ubutumwa busaba ubufasha mu gihe cya Pasika.
Nyuma y’iminsi mike abashinjwa kuba ari abarwanyi b’Abafurani (Fulani) bagabye ibitero ku midugudu ibiri ituwe cyane n’Abakirisitu muri Plateau State, Perezida wa Nigeria yasezeranyije gufata
Ntacyo turi cyo tutari kumwe na Yesu- Gabriel Jesus wa Arsenal
Rutahizamu wa Arsenal mu Bwongereza, Gabriel Jesus arashima Yesu, nyuma yo kuva mu mvune yamuhejeje hanze y’ikibuga hafi umwaka wose. Ni amagambo yatangaje ubwo we
FBI iri gukora iperereza ku cyaha cy’urwango kigambiriye abagatolika- AMAFOTO
Abana 2 bitabye Imana, abandi 17 barakomereka ubwo haraswaga amasasu ku ishuri ryo mu mujyi wa Minneapolis muri leta ya Minnesota muri Amerika. “FBI irimo
Ku bantu batarashyingiranwa kuboneza urubyaro, ni uguha intebe ubusambanyi – Karidinali A. Kambanda
Nyiricyubahiro Karidinali Antoni Kambanda, Arikiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, yavuze ko kuboneza urubyaro ku bantu batarashyingiranwa ari uguha intebe
Turazirikana kandi tugasabira Abajene bagorwa no kubona akazi bagasabwa gucumura – Karidinali A. Kambanda
Nyiricyubahiro Karidinali Antoni Kambanda, Arikiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yavuze ko bazirikana urubyiruko rugorwa no kubona akazi bitewe nuko
“Gutoza abakiri bato umuco wo kwifata, ubusugi n’ubumanzi”ni umwe mu myanzuro 11 yafatiwe muri Diyosezi ya Nyundo
“Ntuzatoze, Ntuzemerere, Ntuzashyigikire ko umwana w’umwangavu agana serivise yo kuboneza urubyaro. Byaba ari ukumuroha no kumworeka mu busambanyi.” Uyu ni umwe mu myanzuro yafashwe nyuma
Mutekereze wa mwana watangiye kuboneza urubyaro afite imyaka 15, akagera igihe cyo gushaka amaze gukuramo inda inshuro zitabarika- Karidinali A. Kambanda
Nyiricyubahiro Antoni Karidinali Kambanda, Arikiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yavuze ko bibabaje kuba umuco wo gusambana no gukuramo inda
Prosper Nkomezi witegura kumurika album yashyize hanze indirimbo yakoranye na Israel Mbonyi
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi, yashyize hanze indirimbo yakoranye na Israel Mbonyi. N’indirimbo bise ‘Umusaraba’, izagaragara kuri album nshya ya Prosper
Ijambo ry’umunsi: Imana ntikurenganya, n’ubwo utabona igisubizo uyu munsi ,iracyari kumwe nawe.
Shalom Shalom , Bavandimwe. Uyu munsi turabasangiza ijambo ry’Imana rigamije kuduhumuriza , kudukomeza no kutwibutsa ko Imana iri kumwe natwe , n’ubwo twaba duhanganye n’ibikomeye,Reka