Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Vedaste N Christian, uteranira muri ADEPR Murambi yahagaritswe n’itorero rya ADEPR, bikaba bibaye nyuma y’umwuka mubi wagiye ututumba mbere y’uko akora
Category: Amakuru
Nyamasheke: RIB yinjiye mu kibazo cy’ukekwaho kwifuza umugore wundi bagakorana icyaha cy’ubusambanyi Imana yanga urunuka
Muri aka Karere ka Nyamasheke gaherereye mu Ntara y’Uburengerazuba, kuri sitasiyo ya RIB ya Macuba mu karere ka Nyamasheke hafungiye umugabo w’imyaka 34, umugore we
Cardinal Kambanda yasimbuye Musenyeri Philippe Rukamba ku buyobozi bw’inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda
Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yatorewe kuba Prezida w’Inama nkuru y’Abepiskopi gatolika mu Rwanda asimbuye Musenyeri Philippe Rukamba, Umwepiskopi wa Diyosezi ya
Musanze: Uko Chorale Urukundo yatumiye Chorale Iriba mu ivugabutumwa ikayisanganiza ibisitaza imitima ya bamwe igakomereka
Ku Itorero rya ADEPR Muhoza riherereye mu Mujyi wa Musanze kuri uyu wa Gatandatu no Kucyumweru taliki ya 26-27/11/2022 habereye igitaramo cyateguwe na Chorale Urukundo
Nyanza: EAR Paruwasi Bugina yatangije umushinga witezweho kugabanya abapfa babyara n’abapfa bavuka
Mu Karere ka Nyanza, itorero rya EAR Paruwasi Bugina riherereye mu Murenge wa Muyira rikoreraho umushinga RW0378 uterwa inkunga na Compassion Internationale, ryatangije umushinga witwa
Chorale Iriba igiye gutaramira i Musanze mu ivugabutumwa rizagaragaramo ubuhamya bw’imirimo y’Imana
Chorale Iriba isanzwe ibarizwa mu Itorero rya ADEPR, Ururembo rwa Huye muri Paruwasi ya Taba mu Mujyi wa Huye, yamaze gutangaza ko kuwa 26 Ugushyingo
Huye: Bakoresheje umuhini babiri barakekwaho kwica itegeko rya gatandatu mu y’Imana bakambura moto n’ubuzima umumotari
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye abagabo babiri bakekwaho kwica umumotari bakamutwara moto ye mu ntangiriro z’uku kwezi. Muri Bibiliya kuva 20:1-17, muri iki
Ishyaka rya PL ryatunguwe n’imyitwarire y’umuyoboke waryo wavuzweho kunywa Vino ikamukubaganisha
Ubuyobozi bw’ishyaka rya PL (Parti Liberal) riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu, ryatangaje ko ryatunguwe n’umuyoboke waryo wari usanzwe ari umudepite mu Nteko ishinga amategeo
Minisitiri w’intebe yasabye amadini n’amatorero gukemura ibibazo bibangamiye imibereho y’abaturage
Minisitiri w’intebe Dr Ngirente Edouard yitabiriye ibirori byo kwizihiza Yubile y’imyaka 25, Umushumba wa Kiliziya Gagolika Diyosezi ya Butare Musenyeri Filipo Rukamba amaze arobanuriwe kuyiyobora.
Haribazwa uzakura Rayons Sport mu bucakara yashyizwemo na Kiyovu Sport ifatwa nka Goliyati imbere yayo
Mu mukino w’ishiraniro wari utegerejwe na benshi wagombaga guhuza ikipe ya Rayons Sport na Kiyovu Sport warangiye Kiyovu Sports yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1 mu