Tujya gukora uru rutonde twahereye mu gihe cyashize kubahanzi bagiye baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana zitarasibangana mu mitwe y’abenshi zakoreshejwe kandi zikinakoreshwa mu
Author: Yanditswe na ALI Gilbert Dunia
Amazi y’Isi.Menya byinshi kuriyo
Uramutse ubasha gufata agatonyanga k’amazi ukakamanura mu musozi, ukagakurikira mu rugendo rwako, uramutse ubishoboye wabona uru rugendo rwako rutangaje. Wamara igihe cyawe cyose cyo kubaho
Ubuzima bw’umuhanzi Mercy Chinwo uririmba indirimbo ziramya Imana
Mercy Chinwo n’umuririmbyi, umwanditsi w’indirimbo, umukinnyi w’amafilime, n’umunyarwenya. Yatangiye kuririmba afite imyaka 8 muri korali y’abana. Mercy yamenyekanye cyane kubera indirimbo ye yakunzwe cyane muri
ikintu gikomeye abigishwa ba Yesu bari biteze ku mbwirwaruhame Kristo yavugiye ku musozi wa Gerizimu.
Iyi mbwirwaruhame yitabiriwe n’abantu benshi mu mateka,inakurikiranwa ubwitonzi n’abari bahateraniye bategereje ko Kristo atangaza ku mugaragaro ko abaye Umwami wa Isiraheli. Ariko mu gihe Yesu
I Gahini ku gicumbi cy’ububyutse hateguwe urugendo nyobokamana.
I Gahini benshi bakunze kwita ku gicumbi cy’ububyutse hateguwe urugendo nyobokamana rwiswe Gahini Revival Trip rugamije kumenyekanisha amateka y’Ubukristu. Ndetse no kwigira ku birango by’ubukristu
Menya neza uko byari byifashe hagati ya Israel na Palestine mu gihe ubwigenge bw’Abayuda bwari bwegereje
Mu gihe abasore b’abayuda bakomezaga kujya mu bihugu by’uburayi na Amerika kwitoza uburyo bugezweho bwo kurwana, byatumye Abarabu bibaza ikigamijwe icyo ari cyo. Ibyo byatumye