{"id":867,"date":"2023-07-05T11:01:44","date_gmt":"2023-07-05T11:01:44","guid":{"rendered":"https:\/\/isezerano.rw\/?p=867"},"modified":"2023-07-05T11:01:49","modified_gmt":"2023-07-05T11:01:49","slug":"abanyeshuri-bafite-ubumuga-bwo-kutabona-bazakora-ikizami-cya-leta-hari-icyo-basaba-nesa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867","title":{"rendered":"Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ikizami cya Leta hari icyo basaba NESA"},"content":{"rendered":"<p><strong>Bamwe mu banyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ibizami bya Leta, barasaba Ikigo cy\u2019Igihugu gishinzwe Ibizamini n\u2019Ubugenzuzi bw\u2019Amashuri(NESA)kuzabongerera igihe cyo gukora ibizami kuko badakoresha umuvuduko nk\u2019uwabanyeshuri bandi. Umuyobozi muri NESA ushinzwe Ibizamini bya Leta Kanamugire Camille avuga ko abafite ubumuga bitabwaho by\u2019umwihariko mu bizamini.<\/strong><\/p>\n<p>Mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Rweru mu Rwunge rw\u2019amashuri rwa Nkanga, hari umwana w\u2019umuhungu witwa Sifa Kevin ufite ubumuga bw\u2019uruhu (albino) wiga mu mwaka wa gatandatu w\u2019amashuri abanza akaba yitegura gukora ikizamini gisoza amashuri abanza.<\/p>\n<p>Uyu mwana w\u2019umuhungu avuga ko yifitiye icyizere cyo kuzatsinda ibizami bya Leta, dore kuva yatangira amashuri atajya arenza umwanya wa 6. Ariko kandi ngo afite imbogamizi zo kutabona neza, bityo akaba asaba NESA kuzamuha umwanya uhagije wo gukora ikizami.<\/p>\n<p>Yaratubwiye ati \u201cHari igihe baduha ikizami bakaduha amasaha macye, kubera ko amaso yanjye atabasha kureba igihe kinini bigatuma ntanga urupapuro ntarangije gusubiza. Ndifuza ko bazanyongerera igihe kugirango ndangize.\u201d<\/p>\n<p>Mu rwunge rw\u2019amashuri rwa Batima mu Murenge wa Rweru, naho hari umunyeshuri wiga mu mwaka wa gatandatu w\u2019amashuri abanza witwa Iradukunda Agnes, uvuga ko afite ikibazo cyo kutabona. Yaravuze ati \u201cKugirango ndebe ku kibaho bisaba ko mwarimu yandika ibintu binini, rero nifuzaga ko mu kizami cya leta NESA yazanyongerera igihe cyo gukora kuko ntafite umuvuduko nk\u2019uwabandi banyeshuri.\u201d<\/p>\n<p>Umuyobozi wa Groupe Scolaire Nkanga, Tuyisingize D\u00e9ogratias, yavuze ko abana bafite ubumuga bafashwa gukora ibizami neza.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cUwo mwana dusanzwe tumufite turamuzi ndetse tubana nawe mu itsinda ry\u2019abana bafite ubumuga ku rwego rw\u2019umurenge ndetse tunakurikirana uburyo ajya gufata amavuta ariya basiga ku ruhu kugirango ataza kugira ikibazo.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje ati \u201cIkibazo cy\u2019amaso no kubasha kureba ikizami nibwo kitugezeho[\u2026]turashaka uburyo twamugenera igihe cyihariye mu gukora ikizami kandi ubwo ari mu mwaka wa gatandatu akaba azakora ikizami cya leta ejobundi, turavugana n\u2019inzego za NESA ku buryo azaba ari muri babandi bashobora gukorerwa ikizami gihuye n\u2019iby\u2019abandi ariko gifite ibipimo byihariye.\u201d<\/p>\n<p>Umuyobozi\u00a0ushinzwe ibizami muri NESA, Kanamugire Camille, yavuze ko abanyeshuri bafite ubumuga baba barabugaragaje igihe biyandikisha kuzakora ibizami kandi ko byitabwaho mu bizamini.<\/p>\n<p>Yaravuze ati \u201cMuri rusange abanyeshuri bafite ubumuga butuma bagenda kuri ku muvuduko muto mu bizamini ugereranyije n\u2019abadafite ubumuga, bongererwa igihe cyo gukora ibizamini. Abana batabona bategurirwa ibizamini mu nyandiko ya \u201cbraille\u201d ibyo bisanzwe bikorwa.\u201d<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>Ikigo cy\u2019Igihugu Gishinzwe Ibizamini bya Leta n\u2019Ubugenzuzi bw\u2019Amashuri, NESA, cyatangaje ko ibizamini bisoza amashuri abanza bizatangira kuwa 17 Nakanga 2023, mu gihe abo mu mashuri yisumbuye n\u2019imyuga n\u2019ubumenyingiro bazatangira kuwa 25 Nyakanga kugeza kuwa 4 Kanama 2023.<\/p>\n<p>Abanyeshuri bazakora ibizamini bya leta mu byiciro byose uyu mwaka barenga ibihumbi 421. Mu mashuri abanza hazakora 209.829, abo mu cyiciro rusange, [O Level] ni 131.482 mu gihe abiga mu mashuri yisumbuye mu masomo rusange ari 48.543. Abiga mu mashuri y\u2019imyuga n\u2019ubumenyingiro ni 28.141, na ho abiga mu mashuri nderabarezi bazakora ibizamini bya Leta ni 3978.<\/p>\n<p>SOURCE Iriba.news<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu banyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ibizami bya Leta, barasaba Ikigo cy\u2019Igihugu gishinzwe Ibizamini n\u2019Ubugenzuzi bw\u2019Amashuri(NESA)kuzabongerera igihe cyo gukora ibizami kuko badakoresha umuvuduko<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":868,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18,10],"tags":[],"class_list":["post-867","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-uburezi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ikizami cya Leta hari icyo basaba NESA - Isezerano<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/isezerano.com\/?p=867\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ikizami cya Leta hari icyo basaba NESA - Isezerano\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu banyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ibizami bya Leta, barasaba Ikigo cy\u2019Igihugu gishinzwe Ibizamini n\u2019Ubugenzuzi bw\u2019Amashuri(NESA)kuzabongerera igihe cyo gukora ibizami kuko badakoresha umuvuduko\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/isezerano.com\/?p=867\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Isezerano\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-07-05T11:01:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2023-07-05T11:01:49+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/sifa.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"876\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"611\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Yanditswe na ALI Gilbert Dunia\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Yanditswe na ALI Gilbert Dunia\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867\"},\"author\":{\"name\":\"Yanditswe na ALI Gilbert Dunia\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/45edc93fae19ef4176a254234ba4f0d9\"},\"headline\":\"Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ikizami cya Leta hari icyo basaba NESA\",\"datePublished\":\"2023-07-05T11:01:44+00:00\",\"dateModified\":\"2023-07-05T11:01:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867\"},\"wordCount\":489,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/07\\\/sifa.png\",\"articleSection\":[\"Amakuru\",\"Uburezi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867\",\"url\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867\",\"name\":\"Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ikizami cya Leta hari icyo basaba NESA - Isezerano\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/07\\\/sifa.png\",\"datePublished\":\"2023-07-05T11:01:44+00:00\",\"dateModified\":\"2023-07-05T11:01:49+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/45edc93fae19ef4176a254234ba4f0d9\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/07\\\/sifa.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/07\\\/sifa.png\",\"width\":876,\"height\":611},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=867#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ikizami cya Leta hari icyo basaba NESA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/\",\"name\":\"Isezerano\",\"description\":\"Amakuru\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/45edc93fae19ef4176a254234ba4f0d9\",\"name\":\"Yanditswe na ALI Gilbert Dunia\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/790a00449bd3721e16fa8b56770c4eb9ee44524808fbe0c61c57ff6cc5a9c67b?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/790a00449bd3721e16fa8b56770c4eb9ee44524808fbe0c61c57ff6cc5a9c67b?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/790a00449bd3721e16fa8b56770c4eb9ee44524808fbe0c61c57ff6cc5a9c67b?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"Yanditswe na ALI Gilbert Dunia\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ikizami cya Leta hari icyo basaba NESA - Isezerano","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ikizami cya Leta hari icyo basaba NESA - Isezerano","og_description":"Bamwe mu banyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ibizami bya Leta, barasaba Ikigo cy\u2019Igihugu gishinzwe Ibizamini n\u2019Ubugenzuzi bw\u2019Amashuri(NESA)kuzabongerera igihe cyo gukora ibizami kuko badakoresha umuvuduko","og_url":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867","og_site_name":"Isezerano","article_published_time":"2023-07-05T11:01:44+00:00","article_modified_time":"2023-07-05T11:01:49+00:00","og_image":[{"width":876,"height":611,"url":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/sifa.png","type":"image\/png"}],"author":"Yanditswe na ALI Gilbert Dunia","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Yanditswe na ALI Gilbert Dunia","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867"},"author":{"name":"Yanditswe na ALI Gilbert Dunia","@id":"https:\/\/isezerano.com\/#\/schema\/person\/45edc93fae19ef4176a254234ba4f0d9"},"headline":"Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ikizami cya Leta hari icyo basaba NESA","datePublished":"2023-07-05T11:01:44+00:00","dateModified":"2023-07-05T11:01:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867"},"wordCount":489,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/sifa.png","articleSection":["Amakuru","Uburezi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/isezerano.com\/?p=867#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867","url":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867","name":"Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ikizami cya Leta hari icyo basaba NESA - Isezerano","isPartOf":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/sifa.png","datePublished":"2023-07-05T11:01:44+00:00","dateModified":"2023-07-05T11:01:49+00:00","author":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/#\/schema\/person\/45edc93fae19ef4176a254234ba4f0d9"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/isezerano.com\/?p=867"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867#primaryimage","url":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/sifa.png","contentUrl":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/sifa.png","width":876,"height":611},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=867#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/isezerano.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bazakora ikizami cya Leta hari icyo basaba NESA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/isezerano.com\/#website","url":"https:\/\/isezerano.com\/","name":"Isezerano","description":"Amakuru","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/isezerano.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/isezerano.com\/#\/schema\/person\/45edc93fae19ef4176a254234ba4f0d9","name":"Yanditswe na ALI Gilbert Dunia","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/790a00449bd3721e16fa8b56770c4eb9ee44524808fbe0c61c57ff6cc5a9c67b?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/790a00449bd3721e16fa8b56770c4eb9ee44524808fbe0c61c57ff6cc5a9c67b?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/790a00449bd3721e16fa8b56770c4eb9ee44524808fbe0c61c57ff6cc5a9c67b?s=96&d=mm&r=g","caption":"Yanditswe na ALI Gilbert Dunia"},"url":"https:\/\/isezerano.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/867","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=867"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/867\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":869,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/867\/revisions\/869"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/868"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=867"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=867"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=867"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}