{"id":398,"date":"2022-10-04T14:07:09","date_gmt":"2022-10-04T14:07:09","guid":{"rendered":"https:\/\/isezerano.rw\/?p=398"},"modified":"2022-10-04T14:07:09","modified_gmt":"2022-10-04T14:07:09","slug":"pasiteri-peter-musisi-yagaragaje-amarangamutima-ye-ku-ifungurwa-rya-ndimbati","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398","title":{"rendered":"Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><strong>Pasiteri Peter Musisi akaba umuyobozi mukuru w&#8217;itorero The Holy Living Church Of Christ yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati, ngo abitewe n\u2019ibintu bitatu aribyo kuba ari umuntu, kuba yari afite umuryango, no kuba afite abana b\u2019impanga akwiye kwitaho utibagiwe n\u2019uwo bababyaranye.<\/strong><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Pasiteri Peter Musisi abinyujije mu kiganiro cyanyuze ku muyoboro wa Youtube witwa PRIMO MEDIA RWANDA TVgifite iminota 55, yagaragaje ko ibintu bibera mu Isi ari amayobera ahereye ku ijambo ry\u2019Imana rigaragara muri 1Yohana5:18 aho rigaragaza ko ibibera mu isi ari akaduruvayo abantu bakabura ibisubizo byabyo.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Yavuze ko Umuntu w\u2019Imana Yohana yavuze amagambo meza agaragaza akaga Isi irimo. Muri iki gice, hagira hati: \u201cTuzi yuko umuntu wese wabyawe n\u2019Imana adakora ibyaha, ahubwo Umwana Imana yabyaye imurinda kandi wa Mubi nta\u00a0 mukoraho.\u201d<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Pasiteri Peter Musisi guhera ku munota wa 7 w\u2019iki kiganiro niho yagarutse ku by\u2019mukinnyi wa film Ndimbati aho yavuze ko yatangajwe n\u2019akaga kari kari mu byabaye kuri uyu mugabo n\u2019ingaruka zari zibirimo.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Yagaragaje ko ucira undi urubanza, nawe amategeko aba umucira urubanza. Ati:\u201d rero ako kavuyo, ntabwo twakwishimira ingaruka z\u2019ibiba byabaye ku muntu dukurikije uburemere bw\u2019ikintu.\u201d<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Yakomeje avuga mu gihe Ndimbati bari barimo bamufungura, hari abamurebye baramuhema (baramumwaza) ngo kuko yakoze biriya, kandi uwo yateye inda yivugira ko yari indaya.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ku bwa Musisi kuba mu rubanza rwa Ndimbatsi haragaragaye ibimenyetso bisa n\u2019ibibusanyije amatariki,bisa n\u2019aho hari icyari kibyihishe inyuma.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Yongeyeho ati:\u201d ikintu cyanejeje ni umuryango we n\u2019abana be kuko njyewe ndi umubyeyi nzi uburyo kurera bivuna. Ndetse n\u2019abariya abana b\u2019impanga, nabo icyo nacyo ndakizi. Ariko ni byiza, Ndimbati yarafunguwe nk\u2019umuntu no ku bw\u2019umuryango we!\u201d<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Pasiteri Musisi yaboneyeho gusaba Ndimbati kurushaho kuba umugabo uboneye, ntaho abogoramiye ahubwo agafata abana b\u2019impanga yabyaranye na Fridaus akabarera.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Twabibutsa ko Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwere Uwihoreye Jean Bosco wamamaye muri sinema nyarwanda nka Ndimbati, runasaba ko ahita arekurwa mu isomwa ry\u2019urubanza ryabaye ku gicamunsi cyo kuwa 29 Nzeri 2022 ku Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, ari narwo rwaruburanishaga .<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Icyo gihe umucamanza yatangiye asoma uko iburanisha ry\u2019urubanza rwa Uwihoreye ryagenze, uyu mugabo akaba yari akurikiranyweho ibyaha byo gusindisha umwana witwa Kabahizi Fridaus yarangiza akamusambanya, bikavamo kubyarana abana babiri b\u2019impanga.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nubwo Uwihoreye atahakanaga kuba yararyamanye na Kabahizi, yavuze ko uwo mukobwa bahuye afite imyaka y\u2019ubukure, mu gihe Ubushinjacyaha bwagaragaje ko baryamanye akiri umwana.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Uwihoreye yari yagaragarije Urukiko ko umukobwa bahuye yavutse tariki ya 1 Mutarama 2002 bityo kuba bararyamanye ku wa 2 Mutarama 2020, uyu mukobwa yari yujuje imyaka 18.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ni mu gihe Ubushinjacyaha bwagaragazaga ko yavutse ku wa 7 Kamena 2002, nk\u2019uko bwanabigaragaje mu byemezo bitandukanye ariko bikagenda bishidikanywaho.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Urukiko rushingiye ku kuba Uwihoreye yarahuye na Kabahizi afite indangamuntu igaragaza ko yavutse ku 1 Mutarama 2002, rwasanze ko nubwo hari indi ndangamuntu igaragaza ko yavutse ku wa 7 Kamena 2002, ikwiye guhabwa agaciro ari iyo uwo mukobwa yari afite igihe bahuraga.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Birangira Urukiko rwavuze ko rutanyuzwe n\u2019ibimenyetso byatanzwe n\u2019Ubushinjacyaha byagaragazaga ko Uwihoreye yaryamanye na Kabahizi ku wa 24 Ukuboza 2019 aho kuba tariki 2 Mutarama 2020 nk\u2019uko Uwihoreye yabivugaga.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Bityo urukiko rwemeza ko ikirego cy\u2019ubushinjacyaja nta shingiro gifite, rwemeza ko Uwihoreye ari umwere ndetse rutegeka ko arekurwa akimara gusomerwa.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Pasteri Peter Musisi, ni Umugabo w\u2019igikwerere wo mu kigero cy\u2019imyaka 60. Usibye kuba ari Umushumba w\u2019itorero Holy Living Church Of Christ, dushyize mu Kinyarwanda, twakwita, Itorero Rya Kristo ry\u2019Ubuzima Bwejejwe \u00a0akora igikorwa cyo kuvugurura umurimo w\u2019Imana, abitewe n\u2019imigenzereze abona yinjiye mw\u2019itorero rya Kristo, imigenzereze y\u2019ubuyobe, nkuko abivuga. Akunze kwibanda kuri imwe mu migenzereze y\u2019ubuyobe iboneka mw\u2019itorero rya Kristo, harimo nk\u2019abagore biyimika bakigira ba Apotres, inyigisho ziyobya abakristo zibizeza ibitangaza, uburyo bamwe mu ba Pasiteri basaba amaturo mu buryo bumeze nka cyamunara, ku buryo watekereza ko bagurisha agakiza n\u2019ibindi\u2026\u2026\u2026\u2026<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Pasiteri Peter Musisi akaba umuyobozi mukuru w&#8217;itorero The Holy Living Church Of Christ yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati, ngo abitewe n\u2019ibintu bitatu aribyo<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":399,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18,22],"tags":[],"class_list":["post-398","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ibyamamare"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati - Isezerano<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/isezerano.com\/?p=398\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati - Isezerano\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Pasiteri Peter Musisi akaba umuyobozi mukuru w&#8217;itorero The Holy Living Church Of Christ yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati, ngo abitewe n\u2019ibintu bitatu aribyo\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/isezerano.com\/?p=398\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Isezerano\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-10-04T14:07:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/r.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"515\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"320\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398\"},\"author\":{\"name\":\"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/9c02bb6084bcdf49508f276682e79aa2\"},\"headline\":\"Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati\",\"datePublished\":\"2022-10-04T14:07:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398\"},\"wordCount\":625,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/10\\\/r.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\",\"Ibyamamare\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398\",\"url\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398\",\"name\":\"Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati - Isezerano\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/10\\\/r.jpg\",\"datePublished\":\"2022-10-04T14:07:09+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/9c02bb6084bcdf49508f276682e79aa2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/10\\\/r.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/10\\\/r.jpg\",\"width\":515,\"height\":320},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=398#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/\",\"name\":\"Isezerano\",\"description\":\"Amakuru\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/9c02bb6084bcdf49508f276682e79aa2\",\"name\":\"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/05f07ea3294a6a064ede370e030621d92bfc0a8da87a31543147a7c6e75505ac?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/05f07ea3294a6a064ede370e030621d92bfc0a8da87a31543147a7c6e75505ac?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/05f07ea3294a6a064ede370e030621d92bfc0a8da87a31543147a7c6e75505ac?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?author=3\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati - Isezerano","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati - Isezerano","og_description":"Pasiteri Peter Musisi akaba umuyobozi mukuru w&#8217;itorero The Holy Living Church Of Christ yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati, ngo abitewe n\u2019ibintu bitatu aribyo","og_url":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398","og_site_name":"Isezerano","article_published_time":"2022-10-04T14:07:09+00:00","og_image":[{"width":515,"height":320,"url":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/r.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398"},"author":{"name":"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel","@id":"https:\/\/isezerano.com\/#\/schema\/person\/9c02bb6084bcdf49508f276682e79aa2"},"headline":"Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati","datePublished":"2022-10-04T14:07:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398"},"wordCount":625,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/r.jpg","articleSection":["Amakuru","Ibyamamare"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/isezerano.com\/?p=398#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398","url":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398","name":"Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati - Isezerano","isPartOf":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/r.jpg","datePublished":"2022-10-04T14:07:09+00:00","author":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/#\/schema\/person\/9c02bb6084bcdf49508f276682e79aa2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/isezerano.com\/?p=398"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398#primaryimage","url":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/r.jpg","contentUrl":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/r.jpg","width":515,"height":320},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=398#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/isezerano.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Pasiteri Peter Musisi yagaragaje amarangamutima ye ku ifungurwa rya Ndimbati"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/isezerano.com\/#website","url":"https:\/\/isezerano.com\/","name":"Isezerano","description":"Amakuru","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/isezerano.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/isezerano.com\/#\/schema\/person\/9c02bb6084bcdf49508f276682e79aa2","name":"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/05f07ea3294a6a064ede370e030621d92bfc0a8da87a31543147a7c6e75505ac?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/05f07ea3294a6a064ede370e030621d92bfc0a8da87a31543147a7c6e75505ac?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/05f07ea3294a6a064ede370e030621d92bfc0a8da87a31543147a7c6e75505ac?s=96&d=mm&r=g","caption":"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel"},"url":"https:\/\/isezerano.com\/?author=3"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/398","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=398"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/398\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":412,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/398\/revisions\/412"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/399"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=398"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=398"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=398"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}