{"id":310,"date":"2022-09-22T10:38:16","date_gmt":"2022-09-22T10:38:16","guid":{"rendered":"https:\/\/isezerano.rw\/?p=310"},"modified":"2022-09-22T10:38:32","modified_gmt":"2022-09-22T10:38:32","slug":"barasaba-ko-mu-kwezi-kwahariwe-gusoma-ibitabo-bajya-bahabwamo-na-bibiliya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310","title":{"rendered":"Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><strong>Bibiliya ni igitabo cyanditswemo ibyahumetswe n\u2019Imana, ku buryo ubyubahirije aba ari n\u2019umuturage mwiza wubahiriza amategeko ya Leta.<\/strong><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Muri iyi minsi u Rwanda ruri mu kwezi kwahariwe ibikorwa byo gusoma, aho abaturage basabwa kugira umuco wo gusoma ibitabo bakanawutoza n\u2019abana igihe bari mu rugo. Hari bamwe mu baturage basaba ko, hatazirikanwa ibitabo bimwe gusa ahubwo na Biliya yatekerezwaho. Mu gihe abayobozi bari muri ubu bukanguramabaga bwo gusoma, bakajya ngo baha abaturage izi Bibiliya nk\u2019uko n\u2019ibitabo babibegereza mu masomero.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Abaganiriye n&#8217;ikinyamakuru\u00a0 <a href=\"http:\/\/www.isezerano.rw\">www.isezerano.rw<\/a> ni abo mu Ntara y&#8217;Amajyepfo mu Karere ka Nyaruguru, ubwo Minisiteri y&#8217;uburezi n&#8217;abafatanyabikorwa bayo bari bahizihirije umunsi mpuzamahanga wahariwe gusoma hanatangizwa ukwezi kwahariwe ibikorwa byo gusoma kuwa 08 Nzeri 2022<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Mukandutiye wo mu Murenge wa Munini mu Karere ka Nyaruguru, yagize ati:\u201dUrabona uyu munsi badushishikarije gusoma pe! Yewe abandi twanahawe ibitabo tuzajya dusomera abana mu rugo. Ariko na Bibiliya birakwiye ko yatekerezwaho, muri uku kwezi tukanayihabwa nayo.\u201d<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Undi waganiriye n\u2019umunyamakuru, ni Munyensaga Alexis nawe wo muri uyu Murenge wa Munini. Yagaragaje ko muri iki gihe Bibiliya zitaboneka kuri make, bikwiye ko nazo bajya bazihabwa muri uku kwezi kwahariwe ibikorwa byo gusoma, zigashyirwa mu masomero nkuko n\u2019ibindi bitabo bishyirwamo bityo uyikeneye nawe bikamufasha ariko ngo byanashoboka bakazihabwa no ku buntu.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Mu rwego rw\u2019amadini n\u2019amatorero, nabo basanga ngo ibi bikwiriye, nk\u2019uko Pasiteri KABALISA Anicet uyobora itorero rya Apostolic mu Karere ka Huye, akaba n\u2019umuyobozi w\u2019ihuriro ry\u2019amadini n\u2019amatorero mu Karere ka Huye (RIC) yabigarutseho.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ati: \u00ab\u00a0Impamvu bikwiriye, ni uko ibi bitabo bitagatifu ari ubuzima. Dukunze gushishikarira gusoma ibitabo, ariko Bibiliya tukayibagirwa kandi ari ubuzima. Byaba iby\u2019ubu buzima tubamo, byaba iby\u2019ubukungu, ubutabera, kwirinda amakimbirane, iterambere, n\u2019ibindi\u2026.., byose birimo.\u00a0\u00bb<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Akomeza avuga ko abayoboke b\u2019amadini n\u2019amatorero bakwiye gufatanya na leta, mu mikoranire yabo myiza isanzwe ibaranga Kugirango umuturage\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 Bibiliya ayibone, ayisome bimUhendukiye kuko Bibiliya kugeza ubu \u00a0iri kugura hagati ya 10,000Frw na 12,000 Frw<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ati\u00a0:\u00a0\u00ab\u00a0 Muri Bibiriya habamoo ibyo kurya\u00a0! kandi nta muntu ushobora kureka kurya ngo abeho. Niyo mpamvu bagenzi banjye bayobora amadini n\u2019amatorero, bakwiye guha agaciro ibyifuzo by\u2019aba baturage.\u00a0\u00bb<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Kuri ibi byifuzo byabo, umuyobozi mukuru w\u2019urwego rw\u2019igihugu\u00a0 rushinzwe uburezi bw&#8217;ibanze,\u00a0 (REB) Dr Nelson MBARUSHIMANA avuga ko leta ifatanyije n&#8217;abafatanyabikorwa bayo ibitabo bitandukanye, n&#8217;inzu z&#8217;isomero bizagenda birushaho kubegerezwa.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ati:\u00a0\u00ab\u00a0Ikifuzo cyabo kirumvikana kuko gusoma ni ugusoma icyo wasoma cyose ugira icyo wunguka. Ibitabo hano birahari mwabibonye, kandi dufatanyanyije n\u2019abafatanyabikorwa bacu ibitabo n\u2019amasomero\u00a0 bizagenda birushaho kwegerezwa abaturage. ibya Bibiliya byo, hari inzego z\u2019ibishinzwe nazo dukorana neza zizashyira, mu bikorwa ibyifuzo byabo kandi twese icyo tugamije ni ukugira umuturage uzi gusoma kuko ari ingirakamaro.\u00a0\u00bb<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Abahanga bagaragaza ko \u00a0gusoma nibura buri munsi iminota 15, bikangura ubwenge cyane cyane bikaba akarusho ku bana.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Mu kwezi kwahariwe ibikorwa byo gusoma no kwandika, mu maclub, mu masomero no mu mashuri hazongerwa ibitabo binahawe abana. Hazanatangwa ibiganiro bikangurira ababyeyi gufasha abana gusoma, hagamijwe kugabanya umubare w&#8217;abatazi gusoma neza dore ko ngo mu rwego rw&#8217;isi imibare igaragara ko abari mu kigero cy&#8217;ubwangavu n&#8217;ubugimbi basanga miliyoni 617 bataragira ubumenyi bw&#8217;ibanze mu gusoma no kwandika nkuko ishami ry&#8217;umuryango w&#8217;abibumbye ryita ku burezi n&#8217;umuco UNESCO, uheruka kubitangaza mu 2017.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bibiliya ni igitabo cyanditswemo ibyahumetswe n\u2019Imana, ku buryo ubyubahirije aba ari n\u2019umuturage mwiza wubahiriza amategeko ya Leta. Muri iyi minsi u Rwanda ruri mu kwezi<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":311,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18,19],"tags":[],"class_list":["post-310","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-inyigisho"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya - Isezerano<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/isezerano.com\/?p=310\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya - Isezerano\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bibiliya ni igitabo cyanditswemo ibyahumetswe n\u2019Imana, ku buryo ubyubahirije aba ari n\u2019umuturage mwiza wubahiriza amategeko ya Leta. Muri iyi minsi u Rwanda ruri mu kwezi\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/isezerano.com\/?p=310\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Isezerano\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-09-22T10:38:16+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2022-09-22T10:38:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/images.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"225\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"225\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310\"},\"author\":{\"name\":\"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/9c02bb6084bcdf49508f276682e79aa2\"},\"headline\":\"Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya\",\"datePublished\":\"2022-09-22T10:38:16+00:00\",\"dateModified\":\"2022-09-22T10:38:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310\"},\"wordCount\":543,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/09\\\/images.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\",\"Inyigisho\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310\",\"url\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310\",\"name\":\"Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya - Isezerano\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/09\\\/images.jpg\",\"datePublished\":\"2022-09-22T10:38:16+00:00\",\"dateModified\":\"2022-09-22T10:38:32+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/9c02bb6084bcdf49508f276682e79aa2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/09\\\/images.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/09\\\/images.jpg\",\"width\":225,\"height\":225},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?p=310#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/\",\"name\":\"Isezerano\",\"description\":\"Amakuru\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/9c02bb6084bcdf49508f276682e79aa2\",\"name\":\"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/05f07ea3294a6a064ede370e030621d92bfc0a8da87a31543147a7c6e75505ac?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/05f07ea3294a6a064ede370e030621d92bfc0a8da87a31543147a7c6e75505ac?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/05f07ea3294a6a064ede370e030621d92bfc0a8da87a31543147a7c6e75505ac?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/isezerano.com\\\/?author=3\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya - Isezerano","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya - Isezerano","og_description":"Bibiliya ni igitabo cyanditswemo ibyahumetswe n\u2019Imana, ku buryo ubyubahirije aba ari n\u2019umuturage mwiza wubahiriza amategeko ya Leta. Muri iyi minsi u Rwanda ruri mu kwezi","og_url":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310","og_site_name":"Isezerano","article_published_time":"2022-09-22T10:38:16+00:00","article_modified_time":"2022-09-22T10:38:32+00:00","og_image":[{"width":225,"height":225,"url":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/images.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310"},"author":{"name":"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel","@id":"https:\/\/isezerano.com\/#\/schema\/person\/9c02bb6084bcdf49508f276682e79aa2"},"headline":"Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya","datePublished":"2022-09-22T10:38:16+00:00","dateModified":"2022-09-22T10:38:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310"},"wordCount":543,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/images.jpg","articleSection":["Amakuru","Inyigisho"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/isezerano.com\/?p=310#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310","url":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310","name":"Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya - Isezerano","isPartOf":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/images.jpg","datePublished":"2022-09-22T10:38:16+00:00","dateModified":"2022-09-22T10:38:32+00:00","author":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/#\/schema\/person\/9c02bb6084bcdf49508f276682e79aa2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/isezerano.com\/?p=310"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310#primaryimage","url":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/images.jpg","contentUrl":"https:\/\/isezerano.com\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/images.jpg","width":225,"height":225},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/isezerano.com\/?p=310#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/isezerano.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Barasaba ko mu kwezi kwahariwe gusoma ibitabo bajya bahabwamo na Bibiliya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/isezerano.com\/#website","url":"https:\/\/isezerano.com\/","name":"Isezerano","description":"Amakuru","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/isezerano.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/isezerano.com\/#\/schema\/person\/9c02bb6084bcdf49508f276682e79aa2","name":"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/05f07ea3294a6a064ede370e030621d92bfc0a8da87a31543147a7c6e75505ac?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/05f07ea3294a6a064ede370e030621d92bfc0a8da87a31543147a7c6e75505ac?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/05f07ea3294a6a064ede370e030621d92bfc0a8da87a31543147a7c6e75505ac?s=96&d=mm&r=g","caption":"Yanditswe na RUKUNDO Emmanuel"},"url":"https:\/\/isezerano.com\/?author=3"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/310","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=310"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/310\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":314,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/310\/revisions\/314"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/311"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=310"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=310"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/isezerano.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=310"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}